• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwahoraga avuga ko azica perezida wa Amerika Joe Biden, yishwe arashwe na FBI.

minebwenews by minebwenews
September 19, 2024
in World News
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo wahoraga avuga ko azica perezida Joe Biden muri Utah yarashwe na FBI arapfa mbere yuko Biden agera murako gace .

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 13/08/2023, saa 9:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Craig Deleeuw Robertson, wari mu kigero cy’imyaka 70, yapfuye ubwo abakozi badasanzwe ba FBI bagaba igitero iwe kugira ngo bamufate i Provo, mu majyepfo y’Umujyi wa Salt Lake City.

Bwana Perezida Biden yahise asobanurirwa icyo gitero akiri muri New Mexico, mbere yuko yerekeza muri Utah.

Amafoto yashyizwe ahagaragara na Robertson ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga ko afite imbunda zirimo ibikoresho bya Sniper ndetse n’izindi mbunda zitandukanye zikoresha ikoranabuhanga ry’ifashishwa muriki gihe. Yarafite kandi n’ibikoresho bya kamera bizwi ku izina rya “koti ya ghillie.”

Abayobozi bakora mw’iperereza batangiye kumukoraho iperereza kuva mukwezi kwa Mbere uyu mwaka.

Mbere yuko iki gitero kigabwa kwa Robertson, abashinjacyaha bari batanze ikirego ku mucamanza mukuru ko Robertson akora itera ubwoba kuri perezida w’igihugu, ndetse ko anashira igitsure kubashinzwe kurinda perezida Joe Biden.

Imbuga nkoranyambaga zakoreshwa ga na Robertson zagiye zigaragaza ibyo yifuza akoresheje inyandiko aho yakangishaga Joe Biden ko azamwica. Yongeye kugaragara akangisha Visi perezida wa Amerika Kamala Harris, ibi yabikoraga akoresheje inyandiko kumbuga nkoranya mbaga.

Nyuma y’urupfu rwa Robertson, Bwana Biden yahise asura uburengerazuba bwa Amerika akaba yari ateganijwe guhaguruka mu ijoro ryo ku wa gatatu avuye Albuquerque, muri New Mexico, yerekeza mu mujyi wa Salt Lake City.

Ku wa mbere, ku rubuga nkoranyambaga, Robertson yaranditse ati: “Ndumva Biden aje muri Utah. Reka noze umukungugu ku mbunda ya M24 ya sniper. umukunzi mukuru araje maze mwirenze!”

Mu nyandiko za Robertson, yagiye yandika kumbuga nkoranyambaga harimo izo yanditse mukwezi kwa Cyenda(9) umwaka ushize , yaranditse ati: “Igihe kirageze kugira ngo perezida yicwe cyangwa abure. Nzabanza Joe Biden nyumaye nzica Kamala Harris !!!”

Mu kirego uwishwe arashwe Robertson, ashinjwa harimo amashusho yari yashyize ahagaragara ku mbunda ye, harimo n’imbunda imwe yifashisha yise “Demokarasi.”

Yateye ubwoba kandi umushinjacyaha mukuru wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Merrick Garland n’umushinjacyaha mukuru wa New York, Letitia James.

Mubusanzwe Robertson, yari umucuruzi wo gukora ibiti. Ku mbuga nkoranyambaga we ubwe yavuze ko yari amaze imyaka 45 akora nk’umugenzuzi w’ibyuma no gusudira mbere yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru no gutangiza ubucuruzi bwo gukora ibiti, buzobereye mu “gushushanya ibicuruzwa.”

Urwego rw’ingabo zishinzwe kurinda perezida w’ Amerika, rwatangaje ati: “Tuzi ko iperereza rya FBI ririmo gukorwa kumuntu umwe gusa! Muri leta ya Utah wagaragaje iterabwoba ku bashinzwe umutekano.”

Robertson, mubindi yakoraga yagaragaza ga amashusho y’imbunda atunze iwe murugo.
Umuvugizi wa FBI yagize ati: “FBI ifatana uburemere ibintu byose byo kurasa birimo abakozi bacu cyangwa itsinda ry’abakozi.”

Robertson kandi yari yarateye ubwoba umushinjacyaha w’akarere ka Manhattan, Alvin Bragg.

Mu mbuga nkoranyambaga imwe murizo yasobanuye ko Robertson yavuze ko arihafi kwerekeje i New York kugira ngo “aje gusohoza inzozi ze zokugirira nabi abo yifuza barimo abategetsi.”

Igitero cya FBI cyabaye saa kumi n’ebyiri n’igice za mu gitondo (6.30Am) ku wa gatatu. Kigabwa kurugo rwa Robertson maze aza kwicwa arashwe!

Robertson yari y’itwaje imbunda igihe abakozi ba FBI bageraga iwe murugo. Nyuma Idirishya ry’inzu ye ryari ryamaze kw’ikingura arinaho baboneye ubufasha barasa muciciro Robertson.

Tags: BidenFBIUwahoraga avuga ko azicaYishe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post

Mali and France have indefinitely suspended the issuance of Visas to their nationals.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?