Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwahoraga avuga ko azica perezida wa Amerika Joe Biden, yishwe arashwe na FBI.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 19, 2024
in World News
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo wahoraga avuga ko azica perezida Joe Biden muri Utah yarashwe na FBI arapfa mbere yuko Biden agera murako gace .

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 13/08/2023, saa 9:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Craig Deleeuw Robertson, wari mu kigero cy’imyaka 70, yapfuye ubwo abakozi badasanzwe ba FBI bagaba igitero iwe kugira ngo bamufate i Provo, mu majyepfo y’Umujyi wa Salt Lake City.

Bwana Perezida Biden yahise asobanurirwa icyo gitero akiri muri New Mexico, mbere yuko yerekeza muri Utah.

Amafoto yashyizwe ahagaragara na Robertson ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga ko afite imbunda zirimo ibikoresho bya Sniper ndetse n’izindi mbunda zitandukanye zikoresha ikoranabuhanga ry’ifashishwa muriki gihe. Yarafite kandi n’ibikoresho bya kamera bizwi ku izina rya “koti ya ghillie.”

Abayobozi bakora mw’iperereza batangiye kumukoraho iperereza kuva mukwezi kwa Mbere uyu mwaka.

Mbere yuko iki gitero kigabwa kwa Robertson, abashinjacyaha bari batanze ikirego ku mucamanza mukuru ko Robertson akora itera ubwoba kuri perezida w’igihugu, ndetse ko anashira igitsure kubashinzwe kurinda perezida Joe Biden.

Imbuga nkoranyambaga zakoreshwa ga na Robertson zagiye zigaragaza ibyo yifuza akoresheje inyandiko aho yakangishaga Joe Biden ko azamwica. Yongeye kugaragara akangisha Visi perezida wa Amerika Kamala Harris, ibi yabikoraga akoresheje inyandiko kumbuga nkoranya mbaga.

Nyuma y’urupfu rwa Robertson, Bwana Biden yahise asura uburengerazuba bwa Amerika akaba yari ateganijwe guhaguruka mu ijoro ryo ku wa gatatu avuye Albuquerque, muri New Mexico, yerekeza mu mujyi wa Salt Lake City.

Ku wa mbere, ku rubuga nkoranyambaga, Robertson yaranditse ati: “Ndumva Biden aje muri Utah. Reka noze umukungugu ku mbunda ya M24 ya sniper. umukunzi mukuru araje maze mwirenze!”

Mu nyandiko za Robertson, yagiye yandika kumbuga nkoranyambaga harimo izo yanditse mukwezi kwa Cyenda(9) umwaka ushize , yaranditse ati: “Igihe kirageze kugira ngo perezida yicwe cyangwa abure. Nzabanza Joe Biden nyumaye nzica Kamala Harris !!!”

Mu kirego uwishwe arashwe Robertson, ashinjwa harimo amashusho yari yashyize ahagaragara ku mbunda ye, harimo n’imbunda imwe yifashisha yise “Demokarasi.”

Yateye ubwoba kandi umushinjacyaha mukuru wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Merrick Garland n’umushinjacyaha mukuru wa New York, Letitia James.

Mubusanzwe Robertson, yari umucuruzi wo gukora ibiti. Ku mbuga nkoranyambaga we ubwe yavuze ko yari amaze imyaka 45 akora nk’umugenzuzi w’ibyuma no gusudira mbere yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru no gutangiza ubucuruzi bwo gukora ibiti, buzobereye mu “gushushanya ibicuruzwa.”

Urwego rw’ingabo zishinzwe kurinda perezida w’ Amerika, rwatangaje ati: “Tuzi ko iperereza rya FBI ririmo gukorwa kumuntu umwe gusa! Muri leta ya Utah wagaragaje iterabwoba ku bashinzwe umutekano.”

Robertson, mubindi yakoraga yagaragaza ga amashusho y’imbunda atunze iwe murugo.
Umuvugizi wa FBI yagize ati: “FBI ifatana uburemere ibintu byose byo kurasa birimo abakozi bacu cyangwa itsinda ry’abakozi.”

Robertson kandi yari yarateye ubwoba umushinjacyaha w’akarere ka Manhattan, Alvin Bragg.

Mu mbuga nkoranyambaga imwe murizo yasobanuye ko Robertson yavuze ko arihafi kwerekeje i New York kugira ngo “aje gusohoza inzozi ze zokugirira nabi abo yifuza barimo abategetsi.”

Igitero cya FBI cyabaye saa kumi n’ebyiri n’igice za mu gitondo (6.30Am) ku wa gatatu. Kigabwa kurugo rwa Robertson maze aza kwicwa arashwe!

Robertson yari y’itwaje imbunda igihe abakozi ba FBI bageraga iwe murugo. Nyuma Idirishya ry’inzu ye ryari ryamaze kw’ikingura arinaho baboneye ubufasha barasa muciciro Robertson.

Tags: BidenFBIUwahoraga avuga ko azicaYishe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post

Mali and France have indefinitely suspended the issuance of Visas to their nationals.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?