Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uwahoze ari Bourgmestre yagizwe visi guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2025
in Conflict & Security
0
Uwahoze ari Bourgmestre yagizwe visi guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari Bourgmestre yagizwe visi guverineri wa Kivu y’Epfo.

You might also like

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw’i Mulenge.

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira.

RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.

Mukiza Gadi Nzabinesha wahoze ari Bourgmestre wa komine ya Minembwe ni we wagizwe visi guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ni amakuru akubiye mu itangazo ihuriro rya AFC/M23 yashyize hanze aho rimenyesha ko kuri ubu Kivu y’Amajyepfo iramutswa undi muyobozi mushya, nyuma y’aho uwari kuri uwo mwanya yitabye Imana mu kwezi gushize kwa gatanu, Gasinzira Juvenali.

Itangazo rya AFC/M23 riteweho umukono na Bertrand Bisimwa uyoboye ibikorwa bya Politiki muri iryo huriro, rivuga ko “Gadi Nzabinesha Mukiza ko ari we wabaye guverineri wungirije w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo,” aho ngo ashyinzwe “ubukungu, imari n’iterambere muri iyi ntara.”

Itangazo rikomeza rivuga ko iki cyemezo AFC/M23 yagifashe hagamijwe gukomeza ibikorwa by’ubuyobozi bw’intara, gushyira imbere amahoro, ubumwe, gukora mu mucyo no kwegereza ubuyobozi abaturage.

Ibi bibaye mu gihe mu cyumweru gishize uwari guverineri w’iyi ntara Birato yakuwe muri izo nshingano ashyirwa mu zindi, ni mu gihe kandi tariki ya 19/05/2025, visi we wari wahawe uwo mwanya mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka yitabye Imana.

Nyamara ibyo AFC/M23 ikomeje gukora bigaragaza umuahate mu guhatanira imiyoborere ishingiye ku mahame ya demokarasi, no gushaka igisubizo kirambye muri iki gihugu cya RDC.

Tags: Kivu yamajy'EpfoMushyaUmuyobozi
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw'i Mulenge. Ihuriro ry'Ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, za zindutse zitera ibisasu...

Read moreDetails

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kuvaho abarwanirira RDC bahungiye Uvira umubare wabo bamaze kuhicira wamenyekanye.

Umugabo ukiri muto yiciwe i Uvira. Umugabo uri mukigero cy'imyaka 25 y'amavuko, umwirondoro we utaramenyekana neza, basanze aho yiciwe mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo....

Read moreDetails

RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
RDC: Benshi baguye mu mpanuka y’ubwato.

RDC: Benshi baguye mu mpanuka y'ubwato. Amato abiri yakoze impanuka mu kiyaga cya Tumba mu ntara ya Equateur, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hapfa abantu 32. Ni...

Read moreDetails

Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Iby'uruzinduko rw'umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23. Umuyobozi wa MONUSCO muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, yageze i Goma mu Burasirazuba bw'iki gihugu, hagenzurwa...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace.

Hamenyekanye ibyo umuyobozi wa secteur ya Itombwe yakoreye muri ako gace. Mu gituruge cya Gipupu ari na cyo kirimo i cyicyaro gikuru cya secteur ya Itombwe muri teritware...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zirimo n’ufite ipeti ryo hejuru zaguye mu ntambara i Mulenge.

Ingabo z'u Burundi zirimo n'ufite ipeti ryo hejuru zaguye mu ntambara i Mulenge.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?