Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze ari umukozi wa CIA watawe muri yombi hatanzwe amakuru arambuye kuriwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 13, 2024
in Regional Politics
0
Uwahoze ari umukozi wa CIA watawe muri yombi hatanzwe amakuru arambuye kuriwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari umukozi wa CIA watawe muri yombi hatanzwe amakuru arambuye kuriwe.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Ejo hashize tariki ya 12/09/2024, nibwo umukozi wa CIA, Alexander Yuk Ching Ma, yakatiwe imyaka 10 yigifungo , azira gutanga amakuru ku ntasi z’u Bushinwa.

Alexander, umugabo w’imyaka 70 y’amavuko mu mpera z’u kwezi kwa Gatanu uyu mwaka, urukiko rwamuhamije icyaha cyo gutanga amakuru ku ntasi z’u Bushinwa.

Yatangiye gukorera uru rwego rwa CIA kuva mu mwaka w’ 1982 kugeza mu 1989. Ashinjwa kuba yarafatikanije na mwenewabo, nawe wahoze akorera CIA, guha amakuru ubutasi bw’u Bushinwa, kandi ko bishurwa ibihumbi 50 by’amadolari y’Amerika.

Nyuma yuko uyu mugabo avuye muri CIA yahawe akazi muri FBI, ko gusobanura indimi, nk’uko Deutsche Well ibitangaza.

Minisitiri w’ubutabera yatangaje ko uyu mugabo yahawe akazi muri FBI nk’umunyabiraka, kandi yagahawe bizwi neza ko afitanye amasano n’ubutasi bw’u Bushinwa. Yahawe akazi mu rwego rwo gukurikirana no gukora iperereza ku bikorwa bye ndetse n’imikoranire ye na SSSB. Ubwo hari hagati mu 2004 na 2012.

Amakuru avuga neza ko uyu mugabo w’umunyamerika wavukiye muri Hong Kong , yatawe muri yombi mu kwezi kwa Gatandatu mu mwaka w’ 2020.

Ubutabera bwo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, buvuga ko iki gihano bwana Alexander yahawe, cyavuye mu masezerano yuko yirengagije akanahemukira igihugu cye. Nyuma yuko yemeye uruhare rwe mu guha amakuru y’ibanga ibiro bishinzwe umutekano bya Shanghai (SSSB) mu Bushinwa.

         MCN.
Tags: 10AlexanderCIA
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Ibiganiro bigizi iminsi bihuza FDLR, FLN n’u Burundi, ibyigiwemo byagiye ku karubanda.

Ibiganiro bigizi iminsi bihuza FDLR, FLN n'u Burundi, ibyigiwemo byagiye ku karubanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?