Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uwahoze ari visi perezida w’inteko ishinga amategeko muri RDC, Jean Marc Kabund yakatiwe igifungo cy’imyaka 7.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutungane muri Republika ya Demokarasi ya Congo bwakatiye uwahoze ari visi perezida w’inteko ishinga amategeko Jean Marc Kabund, igifungo cy’imyaka irindwi( 7).

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Uyu Jean Marc Kabund ubwo yakatigwaga igifungo cy’imyaka 7 ntabwo yari mu cyumba cy’urukiko.

Amakuru Minembwe Capital News imaze guhabwa nuko Kabund akatiwe mugihe yari amaze umwaka urenga afunzwe muri Gereza ya Makala, iki cyemezo cyongereye impungenge nsha kuri iyi dosiye yakunze kugarukwaho cyane mu itangazamakuru.

Idosiye ya Kabund yamaze gukurura impaka nyinshi. Umushinjacyaha yasabye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu. Icyakora, ubwunganizi bwe bwakomeje gushimangira ko ibimenyetso bikenewe kugira ngo ahamwe n’icyaha nta bihari. Umwunganizi we rero, yari afite icyizere ko azagirwa umwere.

Mu kwibutsa, Kabundi akurikiranyweho ibirego biremereye bigera muri cyumi na bibiri . Muri byo, harimo gusuzugura inzego z’igihugu, cyane cyane Inteko ishinga amategeko, Guverinoma, no gutuka umukuru w’igihugu.

Ibyo birego bituruka ku magambo yavuzwe mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu mwaka ushize wa 2022. Ishyaka rye, Alliance pour le changement rivuga ko Kabund ari ingwate y’ubutegetsi buriho, rigaragaza icyemezo cyafashwe mbere cyo gufungirwa iwe mu rugo ariko ubushinjacyaha bwarenzeho bukamwohereza muri gereza.

By Bruce Bahanda.

Tariki 13/09/2023.

Tags: UrukikoUwahoze ari visi perezida w'inteko ishinga amategeko muri RDC Jean Marc Kabund yakatiwe igifungo cy'imyaka 7
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Mumakimbirane yavutse muri Kasaï Central yasize ahitanye umuntu umwe abandi benshi barakomereka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?