• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 29, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.

minebwenews by minebwenews
November 2, 2024
in Regional Politics
0
Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Ni umusore uvuka mu gihugu cy’u Burundi, akaba yarasanzwe akorera imirimo ye yo gutwara abantu n’ibintu mu bice bya Minembwe, niwe waraye yishwe arashwe n’abasirikare bo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahar’ejo tariki ya 1/11/2024, ahagana isaha ya saa kumi zija gushyira muri saa kumi nimwe z’umugoroba ku masaha ya Minembwe na Bukavu mu Burasirazuba bwa RDC, nibwo uyu musore wari wahawe akazi ko guseha umusenyi, nakazi yarimo akora akoresheje i moto ye, nibwo yaje kuraswa n’umusirikare wo muri brigade ya 21 ahita y’itaba Imana ako kanya.

Mbere y’uko yicwa aba basirikare babanje ku muhamagara ubwo yarimo aseha uwo musenyi awuvanye mu Madegu akawujana ku Wimishashu, nawe abanza kubyanga.

Ariko nyuma yaje kongera kugaruka kuko nakazi yari yahawe, nibwo aba basirikare bahise bamufata bamushyira komanda wabo.

Nk’uko ubuhamya twahawe bubivuga, nyuma yaje gusa nushaka kwiruka mu rwego rwo kugira ngo acike nibwo umwe muri aba basirikare bari kumwe na komanda wabo yahise amurasa avamo umwuka wabazima.

Ariko kandi, hari amakuru avuga ko uyu musore w’umurundi yaba yarigeze kubaho umusirikare arinabyo aba basirikare bamuzizaga kuko yari yarabacitse.
Ubuhamya bwatanzwe bugira buti: “Uyu musore w’umurundi yari yaracitse igisirikare, yari umusirikare wa Fardc. Bamubonye ari kuri moto niko kumwirukaho. Ariko yishwe arashwe ubwo yari amaze gufatwa ashaka kwiruka.’

Aya makuru anavuga ko ubwo komanda w’ingabo za FARDC yumvaga isasu rivuze yitaye hanze ava mu biganiro yarimo munzu imbere aho yari muri ibi bice bya Madegu, kugira ngo amenye ikibaye, asanga kera wamusore warashwe yavuyemo umwuka.

Komanda icyo yakoze nk’uko ubuhamya bukomeza buvuga n’uko yahise ategeka abandi basirikare guhita bata muri yombi uyu musirikare warasanye ari nabwo yahise atabwa munzu y’imbohe iri kuri brigade.

Umusore w’umurundi waraye yishwe, byavuzwe ko yari acyumbitse ku Wimishashu, umwe mu mihana yahafi igize Komine ya Minembwe.

Tags: 21brigadeBishe umusoreFardcMinembwe
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku Munyamulenge Sebahizi wanditse igitabo kirimo ibikora ku mitima yabenshi.

Ibyo wa menya ku Munyamulenge Sebahizi wanditse igitabo kirimo ibikora ku mitima yabenshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?