Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 2, 2024
in Regional Politics
0
Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni umusore uvuka mu gihugu cy’u Burundi, akaba yarasanzwe akorera imirimo ye yo gutwara abantu n’ibintu mu bice bya Minembwe, niwe waraye yishwe arashwe n’abasirikare bo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahar’ejo tariki ya 1/11/2024, ahagana isaha ya saa kumi zija gushyira muri saa kumi nimwe z’umugoroba ku masaha ya Minembwe na Bukavu mu Burasirazuba bwa RDC, nibwo uyu musore wari wahawe akazi ko guseha umusenyi, nakazi yarimo akora akoresheje i moto ye, nibwo yaje kuraswa n’umusirikare wo muri brigade ya 21 ahita y’itaba Imana ako kanya.

Mbere y’uko yicwa aba basirikare babanje ku muhamagara ubwo yarimo aseha uwo musenyi awuvanye mu Madegu akawujana ku Wimishashu, nawe abanza kubyanga.

Ariko nyuma yaje kongera kugaruka kuko nakazi yari yahawe, nibwo aba basirikare bahise bamufata bamushyira komanda wabo.

Nk’uko ubuhamya twahawe bubivuga, nyuma yaje gusa nushaka kwiruka mu rwego rwo kugira ngo acike nibwo umwe muri aba basirikare bari kumwe na komanda wabo yahise amurasa avamo umwuka wabazima.

Ariko kandi, hari amakuru avuga ko uyu musore w’umurundi yaba yarigeze kubaho umusirikare arinabyo aba basirikare bamuzizaga kuko yari yarabacitse.
Ubuhamya bwatanzwe bugira buti: “Uyu musore w’umurundi yari yaracitse igisirikare, yari umusirikare wa Fardc. Bamubonye ari kuri moto niko kumwirukaho. Ariko yishwe arashwe ubwo yari amaze gufatwa ashaka kwiruka.’

Aya makuru anavuga ko ubwo komanda w’ingabo za FARDC yumvaga isasu rivuze yitaye hanze ava mu biganiro yarimo munzu imbere aho yari muri ibi bice bya Madegu, kugira ngo amenye ikibaye, asanga kera wamusore warashwe yavuyemo umwuka.

Komanda icyo yakoze nk’uko ubuhamya bukomeza buvuga n’uko yahise ategeka abandi basirikare guhita bata muri yombi uyu musirikare warasanye ari nabwo yahise atabwa munzu y’imbohe iri kuri brigade.

Umusore w’umurundi waraye yishwe, byavuzwe ko yari acyumbitse ku Wimishashu, umwe mu mihana yahafi igize Komine ya Minembwe.

Tags: 21brigadeBishe umusoreFardcMinembwe
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku Munyamulenge Sebahizi wanditse igitabo kirimo ibikora ku mitima yabenshi.

Ibyo wa menya ku Munyamulenge Sebahizi wanditse igitabo kirimo ibikora ku mitima yabenshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?