• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.

minebwenews by minebwenews
November 2, 2024
in Regional Politics
0
Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwakoraga akazi ku bumotari mu Minembwe yaraye yishwe arashwe.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ni umusore uvuka mu gihugu cy’u Burundi, akaba yarasanzwe akorera imirimo ye yo gutwara abantu n’ibintu mu bice bya Minembwe, niwe waraye yishwe arashwe n’abasirikare bo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahar’ejo tariki ya 1/11/2024, ahagana isaha ya saa kumi zija gushyira muri saa kumi nimwe z’umugoroba ku masaha ya Minembwe na Bukavu mu Burasirazuba bwa RDC, nibwo uyu musore wari wahawe akazi ko guseha umusenyi, nakazi yarimo akora akoresheje i moto ye, nibwo yaje kuraswa n’umusirikare wo muri brigade ya 21 ahita y’itaba Imana ako kanya.

Mbere y’uko yicwa aba basirikare babanje ku muhamagara ubwo yarimo aseha uwo musenyi awuvanye mu Madegu akawujana ku Wimishashu, nawe abanza kubyanga.

Ariko nyuma yaje kongera kugaruka kuko nakazi yari yahawe, nibwo aba basirikare bahise bamufata bamushyira komanda wabo.

Nk’uko ubuhamya twahawe bubivuga, nyuma yaje gusa nushaka kwiruka mu rwego rwo kugira ngo acike nibwo umwe muri aba basirikare bari kumwe na komanda wabo yahise amurasa avamo umwuka wabazima.

Ariko kandi, hari amakuru avuga ko uyu musore w’umurundi yaba yarigeze kubaho umusirikare arinabyo aba basirikare bamuzizaga kuko yari yarabacitse.
Ubuhamya bwatanzwe bugira buti: “Uyu musore w’umurundi yari yaracitse igisirikare, yari umusirikare wa Fardc. Bamubonye ari kuri moto niko kumwirukaho. Ariko yishwe arashwe ubwo yari amaze gufatwa ashaka kwiruka.’

Aya makuru anavuga ko ubwo komanda w’ingabo za FARDC yumvaga isasu rivuze yitaye hanze ava mu biganiro yarimo munzu imbere aho yari muri ibi bice bya Madegu, kugira ngo amenye ikibaye, asanga kera wamusore warashwe yavuyemo umwuka.

Komanda icyo yakoze nk’uko ubuhamya bukomeza buvuga n’uko yahise ategeka abandi basirikare guhita bata muri yombi uyu musirikare warasanye ari nabwo yahise atabwa munzu y’imbohe iri kuri brigade.

Umusore w’umurundi waraye yishwe, byavuzwe ko yari acyumbitse ku Wimishashu, umwe mu mihana yahafi igize Komine ya Minembwe.

Tags: 21brigadeBishe umusoreFardcMinembwe
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku Munyamulenge Sebahizi wanditse igitabo kirimo ibikora ku mitima yabenshi.

Ibyo wa menya ku Munyamulenge Sebahizi wanditse igitabo kirimo ibikora ku mitima yabenshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?