• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwanze kumva ntiyanze no kubona.

minebwenews by minebwenews
August 18, 2025
in Regional Politics
0
Uwanze kumva ntiyanze no kubona.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwanze kumva ntiyanze no kubona.

You might also like

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Umusesenguzi Girinka William Kabare uwo twaherukaga kuri Minembwe Capital News mu ntangiriro z’uyu mwaka yongeye kugaruka, maze avuga ko avuga kuri Repubulika ya demokarasi ya Congo ihora ishotora abaturanyi bayo, ngo cyane cyane Repubulika ya Kenya, Uganda n’u Rwanda.

Ni ubusesenguzi Girinka William Kabare yakoze akoresheje inyandiko, aho yaraye aziduhaye mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 18/08/2025.

Yatangiye agira ati: “Urebye kuva perezida William Ruto yagera kubutegetsi muri Kenya, RDC yagiye ibangamira ubuyobozi bwe, hari n’ubwo itanga amafaranga ikayaha abaturage bakigaragambya bamagana ubutegetsi bwe. Ukibaza impamvu RDC ibangamira imiyoborere y’ibihugu by’ibituranyi, bikakukuyobera.”

Yavuze ko iyo itamaganye Kenya yamagana Uganda, uti naho u Rwanda rwo yarugize nk’umuturanyi w’Umwonesheji!!!!

Aha niho yahise yibaza iki kibazo kigira kiti: “Ese RDC abaturanyi bayo bose bo muri Afrika y’i Burasirazuba bose ni babi, uretse u Burundi?” Igisubizo natanga ni “Oya,” kubera ko ahubwo u Burundi nibwo bwonyine bugendera mu mafuti ya RDC, bushigikira ubwicanyi ikorera abanyagihugu bayo, kandi nabwo bucyumbikiye umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Avuga ko RDC n’u Burundi kwaribyo bihugu bibiri byonyine bidatanga n’umusanzu muri EAC, bityo ngo ni ibihugu bifite amafuti areshya.

Yavuze kandi ko ubwo Uganda yafunguraga imipaka iyihuza na RDC mu bice bigenzurwa na AFC/M23, nabwo byarayibabaje, avuga ko ibyo Uganda yabikoze kubw’impuhwe z’abaturage.

Umusesenguzi Girinka William Kabare yakomeje avuga ko RDC itagomba kwigiza nkana, ngo yibagirwe ko ari yo izigumura abaturage ba Kenya kwanga ubutegetsi bwa perezida William Ruto.

Ninaho yavuze ko Kenya kuba yashyigikira umutwe wa M23 bitagomba kuba ikosa kuri yo, ahubwo ngo bikwiye kuba uburangare bwa RDC.

Avuga ko Kivu zombi zifite abaturage barenga miliyoni 20, kandi ko begereye Kenya kuruta uko begera Kinshasa, bityo inyungu Kenya yagirana na Kivu ziruta kure izo yagirana na Kinshasa.

Rero, avuga ko uhitamo umukunzi ubanza kureba inyungu, ati: “Iyo uhitamo umukunzi ubanza kureba icyo mumaraniye. Ntabwo wahitamo ibitagufitiye inyungu.”

Girinka William Kabare yakomeje avuga ko ajyababazwa na Kivu y’Amajyepfo yahindutse nk’akarima ku Burundi kubera inyungu za perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we Evariste Ndayishimiye.

Avuga ko Kenya ari igihugu kizi gushyira ibintu mu gaciro, ati ndetse ibindi bihugu byakagombye kuyigiraho, nabyo bigaha agaciro AFC/M23/MRDP-Twirwaneho.

Avuga ko hari ibihugu byo muri Afrika byagiye bivuka we areba, ashyiramo Eritrea, Sudan y’Epfo, ndetse ashimangira ko na Shara y’iburengerazuba izaba igihugu, maze agira ati: “Kuki Kivu yo itaba igihugu? Tshisekedi ni ingumba itabyara? Cyangwa RDC ni nto ku buryo itamanyagurwa?”

Yasoje avuga ko adashobora kurekura kwirwanaho, ngo kuko yamenye neza ko ari byo se w’imigisha, ndetse ko ari yo mahitamo meza.

Tags: BurundiKenyaRdcRwandaUbusesenguziUganda
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe Ingabo z’u Burundi (FDNB) zahakanye byeruye ibirego byatanzwe n’abaturage ba Minembwe bibashinja kubafungira amasoko no kugaba ibitero...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?