• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, February 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwanze kumva ntiyanze no kubona.

minebwenews by minebwenews
August 18, 2025
in Regional Politics
0
Uwanze kumva ntiyanze no kubona.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwanze kumva ntiyanze no kubona.

You might also like

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Umusesenguzi Girinka William Kabare uwo twaherukaga kuri Minembwe Capital News mu ntangiriro z’uyu mwaka yongeye kugaruka, maze avuga ko avuga kuri Repubulika ya demokarasi ya Congo ihora ishotora abaturanyi bayo, ngo cyane cyane Repubulika ya Kenya, Uganda n’u Rwanda.

Ni ubusesenguzi Girinka William Kabare yakoze akoresheje inyandiko, aho yaraye aziduhaye mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 18/08/2025.

Yatangiye agira ati: “Urebye kuva perezida William Ruto yagera kubutegetsi muri Kenya, RDC yagiye ibangamira ubuyobozi bwe, hari n’ubwo itanga amafaranga ikayaha abaturage bakigaragambya bamagana ubutegetsi bwe. Ukibaza impamvu RDC ibangamira imiyoborere y’ibihugu by’ibituranyi, bikakukuyobera.”

Yavuze ko iyo itamaganye Kenya yamagana Uganda, uti naho u Rwanda rwo yarugize nk’umuturanyi w’Umwonesheji!!!!

Aha niho yahise yibaza iki kibazo kigira kiti: “Ese RDC abaturanyi bayo bose bo muri Afrika y’i Burasirazuba bose ni babi, uretse u Burundi?” Igisubizo natanga ni “Oya,” kubera ko ahubwo u Burundi nibwo bwonyine bugendera mu mafuti ya RDC, bushigikira ubwicanyi ikorera abanyagihugu bayo, kandi nabwo bucyumbikiye umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Avuga ko RDC n’u Burundi kwaribyo bihugu bibiri byonyine bidatanga n’umusanzu muri EAC, bityo ngo ni ibihugu bifite amafuti areshya.

Yavuze kandi ko ubwo Uganda yafunguraga imipaka iyihuza na RDC mu bice bigenzurwa na AFC/M23, nabwo byarayibabaje, avuga ko ibyo Uganda yabikoze kubw’impuhwe z’abaturage.

Umusesenguzi Girinka William Kabare yakomeje avuga ko RDC itagomba kwigiza nkana, ngo yibagirwe ko ari yo izigumura abaturage ba Kenya kwanga ubutegetsi bwa perezida William Ruto.

Ninaho yavuze ko Kenya kuba yashyigikira umutwe wa M23 bitagomba kuba ikosa kuri yo, ahubwo ngo bikwiye kuba uburangare bwa RDC.

Avuga ko Kivu zombi zifite abaturage barenga miliyoni 20, kandi ko begereye Kenya kuruta uko begera Kinshasa, bityo inyungu Kenya yagirana na Kivu ziruta kure izo yagirana na Kinshasa.

Rero, avuga ko uhitamo umukunzi ubanza kureba inyungu, ati: “Iyo uhitamo umukunzi ubanza kureba icyo mumaraniye. Ntabwo wahitamo ibitagufitiye inyungu.”

Girinka William Kabare yakomeje avuga ko ajyababazwa na Kivu y’Amajyepfo yahindutse nk’akarima ku Burundi kubera inyungu za perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we Evariste Ndayishimiye.

Avuga ko Kenya ari igihugu kizi gushyira ibintu mu gaciro, ati ndetse ibindi bihugu byakagombye kuyigiraho, nabyo bigaha agaciro AFC/M23/MRDP-Twirwaneho.

Avuga ko hari ibihugu byo muri Afrika byagiye bivuka we areba, ashyiramo Eritrea, Sudan y’Epfo, ndetse ashimangira ko na Shara y’iburengerazuba izaba igihugu, maze agira ati: “Kuki Kivu yo itaba igihugu? Tshisekedi ni ingumba itabyara? Cyangwa RDC ni nto ku buryo itamanyagurwa?”

Yasoje avuga ko adashobora kurekura kwirwanaho, ngo kuko yamenye neza ko ari byo se w’imigisha, ndetse ko ari yo mahitamo meza.

Tags: BurundiKenyaRdcRwandaUbusesenguziUganda
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25/02/2026, mu mujyi wa Goma, Intumwa z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?