• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwari umuvugizi w’u Rwanda wungirije yitabye Imana

minebwenews by minebwenews
April 4, 2025
in Regional Politics, World News
0
The history of the late Alain Mukuralinda, who was the Deputy Governor Spokesperson of Rwanda.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwari umuvugizi w’u Rwanda wungirije yitabye Imana.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi, nk’uko igitangazamakuru cya Igihe cyo m’u Rwanda cyabitangaje.

Iki gitangazamakuru kivuga ko ejo ku wa kane tariki ya 03/04/2025, ahaga igihe c’isaha y’umugoroba ni bwo Alain Mukuralinda yitabye Imana, aho yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal.

Nk’uko cyabisobanuye cyagaragaje ko amakuru avuga iby’urupfu rwe ahamya ko yazize uburwayi bw’umutima.

Alain Mukuralinda witabye Imana yavutse mu 1970, yize amashuri abanza mu Rugunga, ayisumbuye ayigira i Rwamagana, aho yize amasomo y’ibyicungamitungo.

Ni mu gihe kandi n’ishuri rya kaminuza yaryigiye mu Rwanda, ariko yaje kuhava yerekeza mu Bubiligi aho yahise yiga iby’amategeko.

Mu mirimo yakoze, nk’uko Igihe cyakomeje kibitangaza harimo kuba Umushinjacyaha ndetse aba n’umuvugizi w’umushinjacyaha. Yaburanye imanza zikomeye zirimo iz’abakoze ibyaha bya jenocide yakorewe Abatutsi.

Kivuga kandi ko yari umuntu wari uzi gusabana no kwisanisha n’abantu bose agezemo. Ikindi ngo yari umuntu ukunda gutera urwenya, ndetse kandi ngo yakundaga n’umupira kuko yaranafite n’ikipe y’abato.

Alain Mukuralinda ngo ni nawe wahimbye indirimbo y’ikipe y’igihugu Amavubi yitwa “Tsinda batsinde” ndetse kandi ngo yahimbye n’inzindi zandi makipe ziranakundwa cyane.

Tags: MukuralindaYitabye Imana
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhozi yahuye na perezida Ramaphosa amushikiriza n’ubutumwa bwa perezida Museveni.

Gen Muhozi yahuye na perezida Ramaphosa amushikiriza n'ubutumwa bwa perezida Museveni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?