• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwari umuvugizi w’u Rwanda wungirije yitabye Imana

minebwenews by minebwenews
April 4, 2025
in Regional Politics, World News
0
The history of the late Alain Mukuralinda, who was the Deputy Governor Spokesperson of Rwanda.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwari umuvugizi w’u Rwanda wungirije yitabye Imana.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi, nk’uko igitangazamakuru cya Igihe cyo m’u Rwanda cyabitangaje.

Iki gitangazamakuru kivuga ko ejo ku wa kane tariki ya 03/04/2025, ahaga igihe c’isaha y’umugoroba ni bwo Alain Mukuralinda yitabye Imana, aho yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal.

Nk’uko cyabisobanuye cyagaragaje ko amakuru avuga iby’urupfu rwe ahamya ko yazize uburwayi bw’umutima.

Alain Mukuralinda witabye Imana yavutse mu 1970, yize amashuri abanza mu Rugunga, ayisumbuye ayigira i Rwamagana, aho yize amasomo y’ibyicungamitungo.

Ni mu gihe kandi n’ishuri rya kaminuza yaryigiye mu Rwanda, ariko yaje kuhava yerekeza mu Bubiligi aho yahise yiga iby’amategeko.

Mu mirimo yakoze, nk’uko Igihe cyakomeje kibitangaza harimo kuba Umushinjacyaha ndetse aba n’umuvugizi w’umushinjacyaha. Yaburanye imanza zikomeye zirimo iz’abakoze ibyaha bya jenocide yakorewe Abatutsi.

Kivuga kandi ko yari umuntu wari uzi gusabana no kwisanisha n’abantu bose agezemo. Ikindi ngo yari umuntu ukunda gutera urwenya, ndetse kandi ngo yakundaga n’umupira kuko yaranafite n’ikipe y’abato.

Alain Mukuralinda ngo ni nawe wahimbye indirimbo y’ikipe y’igihugu Amavubi yitwa “Tsinda batsinde” ndetse kandi ngo yahimbye n’inzindi zandi makipe ziranakundwa cyane.

Tags: MukuralindaYitabye Imana
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhozi yahuye na perezida Ramaphosa amushikiriza n’ubutumwa bwa perezida Museveni.

Gen Muhozi yahuye na perezida Ramaphosa amushikiriza n'ubutumwa bwa perezida Museveni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?