Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwari umuvugizi w’u Rwanda wungirije yitabye Imana

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 4, 2025
in Regional Politics, World News
0
The history of the late Alain Mukuralinda, who was the Deputy Governor Spokesperson of Rwanda.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwari umuvugizi w’u Rwanda wungirije yitabye Imana.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi, nk’uko igitangazamakuru cya Igihe cyo m’u Rwanda cyabitangaje.

Iki gitangazamakuru kivuga ko ejo ku wa kane tariki ya 03/04/2025, ahaga igihe c’isaha y’umugoroba ni bwo Alain Mukuralinda yitabye Imana, aho yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal.

Nk’uko cyabisobanuye cyagaragaje ko amakuru avuga iby’urupfu rwe ahamya ko yazize uburwayi bw’umutima.

Alain Mukuralinda witabye Imana yavutse mu 1970, yize amashuri abanza mu Rugunga, ayisumbuye ayigira i Rwamagana, aho yize amasomo y’ibyicungamitungo.

Ni mu gihe kandi n’ishuri rya kaminuza yaryigiye mu Rwanda, ariko yaje kuhava yerekeza mu Bubiligi aho yahise yiga iby’amategeko.

Mu mirimo yakoze, nk’uko Igihe cyakomeje kibitangaza harimo kuba Umushinjacyaha ndetse aba n’umuvugizi w’umushinjacyaha. Yaburanye imanza zikomeye zirimo iz’abakoze ibyaha bya jenocide yakorewe Abatutsi.

Kivuga kandi ko yari umuntu wari uzi gusabana no kwisanisha n’abantu bose agezemo. Ikindi ngo yari umuntu ukunda gutera urwenya, ndetse kandi ngo yakundaga n’umupira kuko yaranafite n’ikipe y’abato.

Alain Mukuralinda ngo ni nawe wahimbye indirimbo y’ikipe y’igihugu Amavubi yitwa “Tsinda batsinde” ndetse kandi ngo yahimbye n’inzindi zandi makipe ziranakundwa cyane.

Tags: MukuralindaYitabye Imana
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhozi yahuye na perezida Ramaphosa amushikiriza n’ubutumwa bwa perezida Museveni.

Gen Muhozi yahuye na perezida Ramaphosa amushikiriza n'ubutumwa bwa perezida Museveni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?