• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

minebwenews by minebwenews
June 12, 2025
in World News
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Umuntu umwe ni we warokotse impanuka y’indege ya Air India yaritwaye abagenzi 243, aho iyi ndege yakoze impanuka ikomeye, nyuma y’aho yari imaze iminota mike ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cyo mu Buhinde.

Ni uyu munsi ku wa kane tariki ya 12/06/2025, Air India yakoze impanuka, abari bayirimo bakahasiga ubuzima umwe aba ari we wenyine urokoka.

Uwarokotse yitwa Vishwsh Kumar Remesh, nk’uko aya makuru yatangajwe n’abashinzwe ubutabazi muri iki gihugu.

Iyo ndege yariyo mu bwoko bwa Boing 787-8 Dreamline, yari mu rugendo rwerekeza i Londre mu Bwongereza, izagufatwa n’ibibazo bikomeye byatumye igwa ku nyubako iri hafi y’ikibuga cy’indege yahagurukiyeho cya Ahmedabad.

Mu mashusho yagiye hanze agaragaza Vishwsh Kumar Remesh warokotse iriya mpanuka aryamye mu bitaro, ubona yuzuye ibisebe mu maso n’ahandi ku mubiri nko ku maboko no mu mugongo.

Uwarokotse yakijijwe no kuba yasimbutse nyuma yuko yari amaze kubona ko indege yataye umurongo, ni ko guhita aca mu idirishya.

Uyu afite ubwenegihugu bw’u Bwongereza, amakuru akavuga ko yaramaze iminsi mike mu Buhinde gusura umuryango we.

Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, yavuze ko nyuma yo kugera ku butaka yisanze akikijwe n’imirambo myinshi, ngo kuburyo kureba ibyabaye byari bimuteye ubwoba.

Yanavuze kandi ko yaravanye n’umuvandimwe we mu Buhinde bajanye i Londre, ariko ko we yaguye muri iyo mpanuka. Avuga ko yitwaga Ajay Kumar Ramash.

Vishwsh Kumar Ramash, yaje gufashwa n’abashinzwe ubutabazi bamujana kwa muganga kugira ngo yitabweho.

Amashusho kandi agaragaza iyi ndege yahiye irakongoka, ibisigazwa byayo bigahinduka umuyonga ndetse n’abari bayirimo.

Tags: AhmedabadAir IndiaImpanukaVishwsh Kumar
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Iby'uruzinduko rw'umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?