• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.

minebwenews by minebwenews
November 10, 2024
in Regional Politics
0
Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC, rugiye gutangiza iperereza ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bivugwa ko umushinjacyaha muri uru rukiko Karim Khan washinje minisitiri w’intebe wa Israel na perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, ibyaha byo mu ntambara, ibyo bihugu byombi birimo.

Ni dosiye yamaze gutangira nk’uko Associte Press yabitangaje.
Abakozi babiri b’urukiko bavuga ko uwo mugore wahohotewe yabibibwiriye, maze nabo baza guhishura ko Khan yamukoreye ihohoterwa rishyingiye ku gitsina.

Aya makuru yatanzwe n’icyo gitangaza makuru avuga ko uwo mugore yamaze kubazwa n’abashinzwe kugenzura imikorere y’urwo rwego imbere mu kigo ariko yanga gutanga ikirego ngo kuko atari arwizeye.

Bivugwa ko ibyo birego byamaze kugezwa ku rwego rushinzwe kugenzura imikorere y’urwo rukiko, ASP mu kwezi gushize nubwo umushinjacyaha Khan yahakanye ibyo kugira igikorwa kibi yaba yarakoze asaba ko haba iperereza.

Aya makuru anavuga ko muri iki Cyumweru, hatanzwe inyandiko igaragaza ko yakuwe mu nshingano by’igihe gito mu gihe hagikorwa iperereza.

Bivugwa ko urwo rwego rutatangaje niba Khan na we yamaze kubisabwa mu buryo bwemewe n’amategeko.

Nyuma y’uko hasohotse inyandiko igaragaza ko Israel iri gukora ibyaha by’intambara muri Gaza, minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu yamenye ko umushinjacyaha Kharim Khan ashobora kuba ari gushaka uburyo bwo gusohora impapuro zo ku muta muri yombi atangira kumucungira hafi.

Inzego z’ubutasi za Israel bivugwa ko zafashe amakuru agaragaza ko umushinjacyaha Kharim Khan na Fatou Bensouda bagiye gutangiza iperereza ku bibera muri Palestine.

Mu mwaka w’ 2023, nibwo umushinjacyaha Kharim Khan yashizeho impapuro zo guta muri yombi perezida Vladimir Putin na komiseri ushinzwe uburenganzira bw’abana, Lvova Belova, bashinjwa kujyana abana bo muri Ukraine mu Burusiya mu buryo bunyuranyije n’amategeko babambuye imiryango yabo.
Nubwo Leta y’u Burusiya yo yagaragaje ko abo bana bakuwe muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano.

Tags: ICCKhraim KhanMu mazi abira
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?