• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.

minebwenews by minebwenews
November 10, 2024
in Regional Politics
0
Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC, rugiye gutangiza iperereza ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bivugwa ko umushinjacyaha muri uru rukiko Karim Khan washinje minisitiri w’intebe wa Israel na perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, ibyaha byo mu ntambara, ibyo bihugu byombi birimo.

Ni dosiye yamaze gutangira nk’uko Associte Press yabitangaje.
Abakozi babiri b’urukiko bavuga ko uwo mugore wahohotewe yabibibwiriye, maze nabo baza guhishura ko Khan yamukoreye ihohoterwa rishyingiye ku gitsina.

Aya makuru yatanzwe n’icyo gitangaza makuru avuga ko uwo mugore yamaze kubazwa n’abashinzwe kugenzura imikorere y’urwo rwego imbere mu kigo ariko yanga gutanga ikirego ngo kuko atari arwizeye.

Bivugwa ko ibyo birego byamaze kugezwa ku rwego rushinzwe kugenzura imikorere y’urwo rukiko, ASP mu kwezi gushize nubwo umushinjacyaha Khan yahakanye ibyo kugira igikorwa kibi yaba yarakoze asaba ko haba iperereza.

Aya makuru anavuga ko muri iki Cyumweru, hatanzwe inyandiko igaragaza ko yakuwe mu nshingano by’igihe gito mu gihe hagikorwa iperereza.

Bivugwa ko urwo rwego rutatangaje niba Khan na we yamaze kubisabwa mu buryo bwemewe n’amategeko.

Nyuma y’uko hasohotse inyandiko igaragaza ko Israel iri gukora ibyaha by’intambara muri Gaza, minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu yamenye ko umushinjacyaha Kharim Khan ashobora kuba ari gushaka uburyo bwo gusohora impapuro zo ku muta muri yombi atangira kumucungira hafi.

Inzego z’ubutasi za Israel bivugwa ko zafashe amakuru agaragaza ko umushinjacyaha Kharim Khan na Fatou Bensouda bagiye gutangiza iperereza ku bibera muri Palestine.

Mu mwaka w’ 2023, nibwo umushinjacyaha Kharim Khan yashizeho impapuro zo guta muri yombi perezida Vladimir Putin na komiseri ushinzwe uburenganzira bw’abana, Lvova Belova, bashinjwa kujyana abana bo muri Ukraine mu Burusiya mu buryo bunyuranyije n’amategeko babambuye imiryango yabo.
Nubwo Leta y’u Burusiya yo yagaragaje ko abo bana bakuwe muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano.

Tags: ICCKhraim KhanMu mazi abira
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?