Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 10, 2024
in Regional Politics
0
Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwashinje Netanyahu na Putin ibyaha byo mu ntambara kuri ubu ari mu mazi abira.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC, rugiye gutangiza iperereza ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bivugwa ko umushinjacyaha muri uru rukiko Karim Khan washinje minisitiri w’intebe wa Israel na perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, ibyaha byo mu ntambara, ibyo bihugu byombi birimo.

Ni dosiye yamaze gutangira nk’uko Associte Press yabitangaje.
Abakozi babiri b’urukiko bavuga ko uwo mugore wahohotewe yabibibwiriye, maze nabo baza guhishura ko Khan yamukoreye ihohoterwa rishyingiye ku gitsina.

Aya makuru yatanzwe n’icyo gitangaza makuru avuga ko uwo mugore yamaze kubazwa n’abashinzwe kugenzura imikorere y’urwo rwego imbere mu kigo ariko yanga gutanga ikirego ngo kuko atari arwizeye.

Bivugwa ko ibyo birego byamaze kugezwa ku rwego rushinzwe kugenzura imikorere y’urwo rukiko, ASP mu kwezi gushize nubwo umushinjacyaha Khan yahakanye ibyo kugira igikorwa kibi yaba yarakoze asaba ko haba iperereza.

Aya makuru anavuga ko muri iki Cyumweru, hatanzwe inyandiko igaragaza ko yakuwe mu nshingano by’igihe gito mu gihe hagikorwa iperereza.

Bivugwa ko urwo rwego rutatangaje niba Khan na we yamaze kubisabwa mu buryo bwemewe n’amategeko.

Nyuma y’uko hasohotse inyandiko igaragaza ko Israel iri gukora ibyaha by’intambara muri Gaza, minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu yamenye ko umushinjacyaha Kharim Khan ashobora kuba ari gushaka uburyo bwo gusohora impapuro zo ku muta muri yombi atangira kumucungira hafi.

Inzego z’ubutasi za Israel bivugwa ko zafashe amakuru agaragaza ko umushinjacyaha Kharim Khan na Fatou Bensouda bagiye gutangiza iperereza ku bibera muri Palestine.

Mu mwaka w’ 2023, nibwo umushinjacyaha Kharim Khan yashizeho impapuro zo guta muri yombi perezida Vladimir Putin na komiseri ushinzwe uburenganzira bw’abana, Lvova Belova, bashinjwa kujyana abana bo muri Ukraine mu Burusiya mu buryo bunyuranyije n’amategeko babambuye imiryango yabo.
Nubwo Leta y’u Burusiya yo yagaragaje ko abo bana bakuwe muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano.

Tags: ICCKhraim KhanMu mazi abira
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

Hatangajwe igishobora guhamya bidasubirwaho ko ingabo za Koreya ya Ruguru ziri gufasha u Burusiya muri Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?