Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

You might also like

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Hongeye kubura imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

Kijeyi wari umu-Mai Mai wibaga Inka n’ihene z’Abanyamulenge bo mu gace ka Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yapfuye.

Aha’rejo ku wa mbere tariki ya 16/06/2025, ni bwo amakuru y’urupfu rwa Kijeyi yagiye hanze, avuga ko yishwe arozwe n’Abapfulero.

Kijeyi uyu wapfuye ku munsi w’ejo ku wa mbere yari mwene Biruga wo mu bwoko bw’Abafulero.

Nk’uko amakuru abigaragaza yar’amaze iminsi mike arwaye.
Ubushize yavanywe mu ibanga rikomeye iyo yakoreraga mu mashyamba. Azanwa kugira ngo avuzwe n’imiti y’ibihuru izwi nk’imiti gakondo.

Aya makuru anagaragaza ko yari yazanwe ahitwa mu Mugunga agace kamwe mu duce twinshi tugize Bibogobogo.

Ku bw’amahirwe make, iriya miti ntacyo yamumariye kuko yahise avamo umwuka w’abazima.

Ubuhamya bugira buti: “Yari yarozwe, indwara z’abapfulero n’izo zimuhitanye.”

Bukomeza bugira buti: “Twebwe nk’Abanyamulenge yari umuntu utugoye cyane. Yatwibaga ibitungwa byacu. Kandi yajanaga n’inka azinyaze. Yari yarigize ishyano.”

Aya makuru akomeza avuga ko umurambo we ushobora kuba warashinguwe ku mugoroba w’ahar’ejo. Kandi ngo yashyinguwe mu Magunga.

Tags: BibogobogoIshyanoKijeyiMai Mai
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y'ibiteye ubwoba abariyo bari babonye. Nyuma y'aho abari mu Rugezi babwiwe ko bari butegwe n'ihuriro ry'Ingabo za Congo mu ijoro ryaraye rikeye,...

Read moreDetails

Hongeye kubura imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.

Hongeye kubura imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za RDC na M23 muri Kivu Yaruguru. Urugamba rukomeye rwazindutse rubera mu duce two muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y'i Kinshasa, isi yamubereye nto! Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahanguye ubushinjacyaha bukuru bw'iki gihugu ku geza...

Read moreDetails

Ababarirwa mu magana biciwe i Moba ahahoze hatuye Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Ababarirwa mu magana biciwe i Moba ahahoze hatuye Abanyamulenge.

Ababarirwa mu magana biciwe i Moba ahahoze hatuye Abanyamulenge. Muri teritware ya Moba mu ntara ya Tanganyika, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hiciwe abantu 318,...

Read moreDetails

RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

Amakuru y'iki gitondo i Mulenge. Amakuru ava i Mulenge iwabo w'Abanyamulenge muri Kivu y'Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahakunze kugabwa ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za...

Read moreDetails
Next Post
iby’u Burundi bikomeje kwanga kuko n’igitoro bwari bugiye kubona habaye “ubuhanya.”

iby'u Burundi bikomeje kwanga kuko n'igitoro bwari bugiye kubona habaye "ubuhanya."

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?