Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwavugwaga ibigwi mu Bahema y’itabye Imana arashwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 23, 2024
in Regional Politics
0
Uwavugwaga ibigwi mu Bahema y’itabye Imana arashwe.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwavugwaga ibigwi mu Bahema y’itabye Imana arashwe.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Lomboni warwaniriye ubwoko bwabo bw’Abahema yishwe arashwe n’abarwanyi bo mu Balendu, mu ntara ya Ituri, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ku wa kane w’iki Cyumweru turimo, itariki ya 21/11/2024 ni bwo i Bunia humvikanye inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Lomboni.

Ni nyuma y’igitero gikomeye abarwanyi bo mu bwoko bw’Abalendu bagabye ahitwa i Lalu ahatuwe n’Abahema, undi nawe araswa ubwo yari yatabaye.

Amakuru avuga ko Lomboni yatabaye avuye ahitwa Gele, mu birometero bike naho igitero cyari cyagabwe.

Amasoko yacu yemeza ko uyu musore yarasiwe ku kiraro gihuza agace ka Lalu na ka Ngototi, akaje gaturutsemo igitero, kandi ko yarashwe n’umurwanyi w’Umulendu wari wuriye hejuru y’igiti.

Gusa, imbunda ye n’icyombo cye(Motorola) byatowe n’abo mu ruhande rwe, nk’uko iy’inkuru ibivuga.

Ubutumwa bwanditse MCN yahawe, buvuga ko uyu musore yari intwari ikomeye, ndetse kandi akaba yari anakunda ubwoko bwabo cyane.

Bugira buti: “Lomboni yari intwari ikomeye mu bwoko bw’Abahema. Yabakamiye igihe kirekire, ni we wimiraga abanzi bagaba ibitero mu bice bituwe n’ubwoko bwabo.”

Bunavuga ko ntaho Abalendu bagabaga ibitero ngwareke gutabara.

Usibye kuba yarakamiye ubwoko bwabo yanarindiye abacuruzi umutekano, baba Abanyamulenge n’abayandi moko.

Ati: “Lomboni yari umusore mwiza, haba ku mutima no kubu twari. RDC ihora ipfusha abantu ariko uyu we byabaye ibindi.”

Uwitabye Imana yavukaga mu nzu y’Abagegeri bo mu bwoko bw’Abahema. Ubu bwoko, ahanini butuye mu majyaruguru ya Bunia.

Ikindi n’uko Lomboni witabye Imana yari umusore ukiri muto, kuko yari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 25 na 30 y’amavuko.

Tags: BuniaIbigwiIturiLomboni
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Muri Uganda, imodoka yarimo abajenerali batatu yakoze impanuka ikomeye.

Muri Uganda, imodoka yarimo abajenerali batatu yakoze impanuka ikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?