Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 14, 2025
in World News
0
Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

General Brice Oligui Nguema wayoboye coup d’etat yo mu 2023 mu gihugu cya Gabon, ikaba ari yo yavanyeho ku butegetsi Ali Bongo wari umaze kuri ubwo butegetsi imyaka 60, yatsinze amatora ya perezida ku majwi arenga 90%.

General Brice Oligui Nguema ni umugabo w’imyaka 50 y’amavuko, muri aya matora yari ahatanye n’abarimo Alain Claude Bilie-By-Nze, Stephanie Germain Iloko na Alain Simple Boungouères.

Aya matora yabaye ku wa gatandatu tariki ya 12/04/2025, yasize abaturage bagaragarije Brice Oligui Nguema ko ari we bahundagajeho amajwi menshi. Iki gihugu cya Gabon gituwe n’abaturage miliyoni 2.5.

Nyamara abatavuga rumwe na Brice Oligui Nguema watsinze amatora, bagaragaje ko itegeko nshinga rishya hamwe n’itegeko rishya rigenga amatora byateguwe mu buryo bumworohereza gutsinda aya matora.

Atorewe kuba umukuru w’iki gihugu, mu gihe hari hashyize imyaka ibiri ahiritse perezida Ali Bongo wayoboye iki gihugu imyaka 60.

Muri manda y’imyaka irindwi, Gen.Oligui Nguema ategerejwe guhangana na ruswa n’imiyoberere mibi byaranze ubutegetsi bwa Ali Bongo.

Mu kwiyamamaza, uyu musirikare yeretse igikundiro cyane urubyiruko rwo muri iki gihugu, ni mu gihe yababyiniraga imbyino zo muburyo bugezweho.

Gabon, ni igihugu gito ariko gikize ku bikomoka kuri peteroli n’ibiti bivamo imbaho nziza kandi zirambisha ibintu cyane ku buryo budasanzwe.

Tags: Brice Oligui NguemaGabon
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyo perezida Zelensky yasabye Trump gukora mbere yuko aja mu Burusiya.

Hamenyekanye icyo perezida Zelensky yasabye Trump gukora mbere yuko aja mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?