Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 14, 2025
in World News
0
Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

General Brice Oligui Nguema wayoboye coup d’etat yo mu 2023 mu gihugu cya Gabon, ikaba ari yo yavanyeho ku butegetsi Ali Bongo wari umaze kuri ubwo butegetsi imyaka 60, yatsinze amatora ya perezida ku majwi arenga 90%.

General Brice Oligui Nguema ni umugabo w’imyaka 50 y’amavuko, muri aya matora yari ahatanye n’abarimo Alain Claude Bilie-By-Nze, Stephanie Germain Iloko na Alain Simple Boungouères.

Aya matora yabaye ku wa gatandatu tariki ya 12/04/2025, yasize abaturage bagaragarije Brice Oligui Nguema ko ari we bahundagajeho amajwi menshi. Iki gihugu cya Gabon gituwe n’abaturage miliyoni 2.5.

Nyamara abatavuga rumwe na Brice Oligui Nguema watsinze amatora, bagaragaje ko itegeko nshinga rishya hamwe n’itegeko rishya rigenga amatora byateguwe mu buryo bumworohereza gutsinda aya matora.

Atorewe kuba umukuru w’iki gihugu, mu gihe hari hashyize imyaka ibiri ahiritse perezida Ali Bongo wayoboye iki gihugu imyaka 60.

Muri manda y’imyaka irindwi, Gen.Oligui Nguema ategerejwe guhangana na ruswa n’imiyoberere mibi byaranze ubutegetsi bwa Ali Bongo.

Mu kwiyamamaza, uyu musirikare yeretse igikundiro cyane urubyiruko rwo muri iki gihugu, ni mu gihe yababyiniraga imbyino zo muburyo bugezweho.

Gabon, ni igihugu gito ariko gikize ku bikomoka kuri peteroli n’ibiti bivamo imbaho nziza kandi zirambisha ibintu cyane ku buryo budasanzwe.

Tags: Brice Oligui NguemaGabon
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyo perezida Zelensky yasabye Trump gukora mbere yuko aja mu Burusiya.

Hamenyekanye icyo perezida Zelensky yasabye Trump gukora mbere yuko aja mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?