• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu

minebwenews by minebwenews
April 14, 2025
in World News
0
Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwayoboye abakoze coup d’etat muri Gabon yatowe kuba umukuru w’igihugu.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

General Brice Oligui Nguema wayoboye coup d’etat yo mu 2023 mu gihugu cya Gabon, ikaba ari yo yavanyeho ku butegetsi Ali Bongo wari umaze kuri ubwo butegetsi imyaka 60, yatsinze amatora ya perezida ku majwi arenga 90%.

General Brice Oligui Nguema ni umugabo w’imyaka 50 y’amavuko, muri aya matora yari ahatanye n’abarimo Alain Claude Bilie-By-Nze, Stephanie Germain Iloko na Alain Simple Boungouères.

Aya matora yabaye ku wa gatandatu tariki ya 12/04/2025, yasize abaturage bagaragarije Brice Oligui Nguema ko ari we bahundagajeho amajwi menshi. Iki gihugu cya Gabon gituwe n’abaturage miliyoni 2.5.

Nyamara abatavuga rumwe na Brice Oligui Nguema watsinze amatora, bagaragaje ko itegeko nshinga rishya hamwe n’itegeko rishya rigenga amatora byateguwe mu buryo bumworohereza gutsinda aya matora.

Atorewe kuba umukuru w’iki gihugu, mu gihe hari hashyize imyaka ibiri ahiritse perezida Ali Bongo wayoboye iki gihugu imyaka 60.

Muri manda y’imyaka irindwi, Gen.Oligui Nguema ategerejwe guhangana na ruswa n’imiyoberere mibi byaranze ubutegetsi bwa Ali Bongo.

Mu kwiyamamaza, uyu musirikare yeretse igikundiro cyane urubyiruko rwo muri iki gihugu, ni mu gihe yababyiniraga imbyino zo muburyo bugezweho.

Gabon, ni igihugu gito ariko gikize ku bikomoka kuri peteroli n’ibiti bivamo imbaho nziza kandi zirambisha ibintu cyane ku buryo budasanzwe.

Tags: Brice Oligui NguemaGabon
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyo perezida Zelensky yasabye Trump gukora mbere yuko aja mu Burusiya.

Hamenyekanye icyo perezida Zelensky yasabye Trump gukora mbere yuko aja mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?