• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

minebwenews by minebwenews
May 17, 2025
in World News
0
Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

James Comey wayoboye urwego rw’iperereza muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika (FBI) yatangiye gukorerwaho iperereza n’urwego rurinda umukuru w’igihugu, hari nyuma y’aho yari yashyize ifoto ku rubuga rwa internet, bikekwa ko yarimo ahamagarira abantu kwica perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Tariki ya 15/05/2025, ni bwo Comey yashyize kuri konti ye ya Instagram ifoto igaragaza utubuye two mu mazi twanditse imibare “8647” ayiherekesha ubutumwa buvuga ko utwo tubuye yaboneye mu butembere yagiriye ku mucanga ku mazi twari twiza.

Abari mu buyobozi bwa Trump ndetse n’ubwishyaka ry’aba-repubulikani bihutiye guhita basobanura iby’iyo foto nk’igamije kudashakira ineza perezida Trump, ibinyamamakuru byinshi byasobanuye ko 86 ari imvugo y’amarenga ishaka kuvuga guta hanze, kwikiza cyangwa kwica.

Kimwe muri byo binyamakuru cyitwa Newsweek cyatangaje ko iyo mvugo yakoreshwaga n’aba-mafia basobanura kujyana umuntu muri mile umunani kure y’umujyi ubundi bakamutaba mubujyakuzimu.

Abasobanura imibare rero Comey yashyize ku mbuga nkoranyambaga ari yo 867 bavuga ko yahamagariraga kwica perezida wa 87 wa Amerika, nubwo nyuma yakanya gato yaje guhita ayikuraho kubera igitutu yari akomeje gushyirwaho nabagaragazaga ko ari gushaka kwivugana perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Umuyobozi wa FBI kuri ubu,
Kash Patel, yavuze ko izatanga ubufasha bwose bukenewe kugira ngo urwego rurinda umukuru w’igihugu rufashwe mu iperereza kuri ibyo byatangajwe na Comey byaketswe ko byerekezaga kuri Trump.

Kutavuga rumwe kwa Trump na Comey byatangiye kuri manda ya mbere ye, ubwo yirukanaga uyu wayoboye FBI ashinjwa gukwirakwiza ibihuha kuri we kuko atari amushyigikiye.

Trump yari aheruka kurokoka igitero cyashakaga kumwivugana mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania, aho bamurashe isasu rikamukomeretsa ku gutwi. Mu kwezi kwa cenda nabwo hari undi witeguraga kumurasa wavumbuwe ataragira icyo akora.

Tags: ComeyFBIKwicaTrump
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa “mayobera” ya satani.

Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa "mayobera" ya satani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?