Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 17, 2025
in World News
0
Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

You might also like

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

James Comey wayoboye urwego rw’iperereza muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika (FBI) yatangiye gukorerwaho iperereza n’urwego rurinda umukuru w’igihugu, hari nyuma y’aho yari yashyize ifoto ku rubuga rwa internet, bikekwa ko yarimo ahamagarira abantu kwica perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Tariki ya 15/05/2025, ni bwo Comey yashyize kuri konti ye ya Instagram ifoto igaragaza utubuye two mu mazi twanditse imibare “8647” ayiherekesha ubutumwa buvuga ko utwo tubuye yaboneye mu butembere yagiriye ku mucanga ku mazi twari twiza.

Abari mu buyobozi bwa Trump ndetse n’ubwishyaka ry’aba-repubulikani bihutiye guhita basobanura iby’iyo foto nk’igamije kudashakira ineza perezida Trump, ibinyamamakuru byinshi byasobanuye ko 86 ari imvugo y’amarenga ishaka kuvuga guta hanze, kwikiza cyangwa kwica.

Kimwe muri byo binyamakuru cyitwa Newsweek cyatangaje ko iyo mvugo yakoreshwaga n’aba-mafia basobanura kujyana umuntu muri mile umunani kure y’umujyi ubundi bakamutaba mubujyakuzimu.

Abasobanura imibare rero Comey yashyize ku mbuga nkoranyambaga ari yo 867 bavuga ko yahamagariraga kwica perezida wa 87 wa Amerika, nubwo nyuma yakanya gato yaje guhita ayikuraho kubera igitutu yari akomeje gushyirwaho nabagaragazaga ko ari gushaka kwivugana perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Umuyobozi wa FBI kuri ubu,
Kash Patel, yavuze ko izatanga ubufasha bwose bukenewe kugira ngo urwego rurinda umukuru w’igihugu rufashwe mu iperereza kuri ibyo byatangajwe na Comey byaketswe ko byerekezaga kuri Trump.

Kutavuga rumwe kwa Trump na Comey byatangiye kuri manda ya mbere ye, ubwo yirukanaga uyu wayoboye FBI ashinjwa gukwirakwiza ibihuha kuri we kuko atari amushyigikiye.

Trump yari aheruka kurokoka igitero cyashakaga kumwivugana mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania, aho bamurashe isasu rikamukomeretsa ku gutwi. Mu kwezi kwa cenda nabwo hari undi witeguraga kumurasa wavumbuwe ataragira icyo akora.

Tags: ComeyFBIKwicaTrump
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

by Bruce Bahanda
May 16, 2025
0
Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye. Perezida w'u Burusiya, Vradimir Putin yanze kwitabira ibiganiro by'imishikirano byamuhuzaga na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, abyoherezamo intumwa ze;...

Read moreDetails

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

by Bruce Bahanda
May 15, 2025
0
Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye. Jose Mujica wigeze kuyobora igihugu cya Uruguay yitabye Imana ku myaka 89 y'amavuko, bivugwa ko yazize indwara ya kanseri y'umuhogo...

Read moreDetails

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

Abatuye mu gace ka Lice bisanze 'basinze'bose hamenyekana n'icyabiteye. Abaturage basaga 25,000 bo mu gace ka Lice gaherereye mu ntara ya Diyarbakir mu gihugu cya Turkey, bisanze basinze...

Read moreDetails

Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye.

Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye. Joe Biden wahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika yasanzwemo ikibyimba muri prostate. Ni amakuru yashyizwe hanze n'umuvugizi wa Biden...

Read moreDetails

U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.

by Bruce Bahanda
May 10, 2025
0
U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango.

U Burusiya intwaro bwagaragaje yatumye ibihugu byinshi bigira icyikango. Mu Burusiya ubwo bizihizaga imyaka 80 butsinze Abanazi bari bayobowe na Adolphe Hitler wari wabuteye mu cyitswe Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa “mayobera” ya satani.

Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa "mayobera" ya satani.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?