Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 17, 2025
in World News
0
Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

You might also like

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

James Comey wayoboye urwego rw’iperereza muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika (FBI) yatangiye gukorerwaho iperereza n’urwego rurinda umukuru w’igihugu, hari nyuma y’aho yari yashyize ifoto ku rubuga rwa internet, bikekwa ko yarimo ahamagarira abantu kwica perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Tariki ya 15/05/2025, ni bwo Comey yashyize kuri konti ye ya Instagram ifoto igaragaza utubuye two mu mazi twanditse imibare “8647” ayiherekesha ubutumwa buvuga ko utwo tubuye yaboneye mu butembere yagiriye ku mucanga ku mazi twari twiza.

Abari mu buyobozi bwa Trump ndetse n’ubwishyaka ry’aba-repubulikani bihutiye guhita basobanura iby’iyo foto nk’igamije kudashakira ineza perezida Trump, ibinyamamakuru byinshi byasobanuye ko 86 ari imvugo y’amarenga ishaka kuvuga guta hanze, kwikiza cyangwa kwica.

Kimwe muri byo binyamakuru cyitwa Newsweek cyatangaje ko iyo mvugo yakoreshwaga n’aba-mafia basobanura kujyana umuntu muri mile umunani kure y’umujyi ubundi bakamutaba mubujyakuzimu.

Abasobanura imibare rero Comey yashyize ku mbuga nkoranyambaga ari yo 867 bavuga ko yahamagariraga kwica perezida wa 87 wa Amerika, nubwo nyuma yakanya gato yaje guhita ayikuraho kubera igitutu yari akomeje gushyirwaho nabagaragazaga ko ari gushaka kwivugana perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Umuyobozi wa FBI kuri ubu,
Kash Patel, yavuze ko izatanga ubufasha bwose bukenewe kugira ngo urwego rurinda umukuru w’igihugu rufashwe mu iperereza kuri ibyo byatangajwe na Comey byaketswe ko byerekezaga kuri Trump.

Kutavuga rumwe kwa Trump na Comey byatangiye kuri manda ya mbere ye, ubwo yirukanaga uyu wayoboye FBI ashinjwa gukwirakwiza ibihuha kuri we kuko atari amushyigikiye.

Trump yari aheruka kurokoka igitero cyashakaga kumwivugana mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania, aho bamurashe isasu rikamukomeretsa ku gutwi. Mu kwezi kwa cenda nabwo hari undi witeguraga kumurasa wavumbuwe ataragira icyo akora.

Tags: ComeyFBIKwicaTrump
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana. MuhammaduBuhari wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk'uko amakuru akomeje gutangazwa n'ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no...

Read moreDetails

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe. Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yakomerekeye mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye i Tehran ku murwa mukuru w'iki...

Read moreDetails

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari byakaze. Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bikomeye mu ntara ya Gaza, bisiga bihitanye abantu 110 abandi amagana babikomerekeramo. Ni ibitero iki gisirikare...

Read moreDetails

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Umwe mu bakuru b'ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n'uburyo azabikora. Perezida Gideon Duma Boka wa Botswana yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose akazahura na...

Read moreDetails

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya. Umukuru w'igihugu cya Kenya, William Ruto, yategetse igipolisi kurasa mu maguru abakora imyigaragambyo bagamije no kwangiza ibikorwaremezo by'abaturage....

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa “mayobera” ya satani.

Hahishuwe uburyo Abanyakagara batangiye gukora mu buryo bwa "mayobera" ya satani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?