• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Uwihishe inyuma ry’iyicwa rya Gen.Rukunda Makanika.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2025
in sport & entertainment
0
Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.
177
SHARES
4.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwihishe inyuma ry’iyicwa rya Gen.Rukunda Makanika.

You might also like

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Iyicwa rya General Rukunda Michel Intwari y’i Mulenge wari uzwi cyane ku izina rya Makanika, benshi bakomeje kwibaza urupfu yapfuye rubi yishwe n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (Fardc).

Mu makuru aheruka gushyirwa hanze n’urubuga rwa Campaignforpeacedr.com ahamya ko rufite ibimenyetso simusiga bigaragaza ko “Makanika” yishwe binyuze mu itsinda ryitwa “Akagara” riyobowe na Lt.Gen.Pacifique Masunzu, uyobora zone ya gatatu inashinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Kivu y’Epfo.

Ruriya rubuga rusobanura ko iri tsinda ry’Akagara ribitegetswe na Masunzu, ryataye mu mutego Gen.Makanika bamuvugisha kuri telephone ngendanwa, aho barimo biyita abasirikare ba Fardc batorotse, bakaba barimo bamubwira ko bashaka kwiyunga kuri Twirwaneho.

Rukomeza ruvuga ko General Rukunda atigeze atekereza ko bamuriganya, ndetse akaba yari aniteguye guha ikaze uwo mugana wese kuko yari umugabo w’indashikirwa witangiye ubwoko bwe nka Yesu wapfiriye abanyabyaha.

Ririya tsinda ry’Akagara mu kumuhamagara, inyuma yaryo hari undi mugambi, ari nako telephone ye yarimo ikurikiranwa kugira ngo aho ahagaze naho ari hamenyekane.

Ubwo yitabaga telephone, drone yari yamaze kugera mu kirere itegereje gusa igipimo. Imaze guhabwa icyerekezo cy’aho Makanika ahagaze, yahise itera igisasu ku nzu yararimo kiramwica.

Amakuru yakusanyijwe nyuma y’urwo rupfu, agaragaza ko iriya drone yavuye ku cyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’ingabo za Fardc, iyobowe na Lieutenant General Pacifique Masunzu nawe uvuka mu bwoko bw’Abanyamulenge, ariko bamushinja kubagambanira no kubica ngo ni hakunda akabona amapeti yo hejuru.

Ariya makuru dukesha ruriya rubuga avuga kandi ko “Gen.Masunzu, ubwe, yiratiye aba ofisiye ba FARDC kwica mwenewabo wari waritangiye ubwoko bwabo, Abanyamulenge.

Iyicwa rya General Rukunda Michel Intwari y’i Mulenge, ryabyukije amarangamutima y’Abanyamulenge, n’iyabamwe bo mu bihugu byo mu karere, ndetse no kuyindi migabane y’isi, nubwo Abanyamulenge bavuga ko imyitwarire y’Akagara irangwa n’ubugome butangaje. Ahanini aba Banyamulenge bavuga ko “Abanyakagara bagambanira benewabo bagamije kunezeza abategetsi b’i Kinshasa, kabone n’iyo ntacyo abo bategetsi bakora ngo iwabo “mu Burasizuba bw’iki gihugu” hagaruke amahoro.

Ubundi kandi, Gen.Masunzu yategetse ko ingabo za Fardc zikora ibitero ku Banyamulenge, ni bwo mu cyumweru gishize zagabye ibitero i Lundu no muri Nyarujoka, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi. Ibyongeye kubongerera imibabaro.

Nyamara nubwo abanzi ba Banyamulenge babahagurukiye barimo nababavukamo bagamije kubarimbura burundu, ariko ntibyabujije ko Imana yabo ibagoboka kandi inyuze ku mutwe wa Twirwaneho washyinzwe na General Rukunda Michel Makanika, wishwe n’Akagara, kuko nyuma y’iminsi ibiri gusa kamwishe, uyu mutwe wafashe komine ya Minembwe yose, iyirukanamo ingabo za Fardc, FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo z’u Burundi.

Nyuma y’aho kandi uyu mutwe wongeye gufata mu Mikenke na Kamombo, kuri ubu uragenzura igice kinini cyo muri iyi misozi miremire y’i Mulenge, iwabo w’Abanyamulenge, ariko nyamara igifashije muri byose, aho uyu mutwe ugenzura hari amahoro azira amakemwa.

Tags: AkagaraIyicwaMakanikaMasunzu
Share71Tweet44Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku nterahamwe yari komeye yafashwe na m23 ikaba yahawe u Rwanda.

Ibyo wa menya ku nterahamwe yari komeye yafashwe na m23 ikaba yahawe u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?