• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.

minebwenews by minebwenews
June 11, 2025
in World News
0
Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Uwise perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Miseveni Imana, umuhungu we ari na we mugaba mukuru w’Ingabo z’iki gihugu akamwita umwana w’Imana bamwamaganye.

Uwabivuze ni umukuru w’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu cya Uganda, Anita Among, akaba anasanzwe azwiho gushyigikira cyane ubutegetsi bwa perezida Museveni.

Uyu mukuru w’inteko ishinga amategeko yavuze ko perezida Museveni ari Imana naho umuhungu we ko ari umwana wayo.

Bivugwa ko ku cyumweru, Anita Among yari mu bikorwa byo kwamamaza abadepite b’ishyaka riri ku butegetsi NRM mu matora rusange ya perezida n’abagize inteko ishinga amategeko ategenyijwe mu kwezi kwa mbere umwaka utaha wa 2026.

Ubwo yari ageze mu gace ka Masaka, Anita yarapfukamye asaba abaturage baho gutora abadepite, yagize ati: “Ndapfukamye, ni mushyigikire perezida Museveni, n’abakandida ba NRM.”

Yongeye kandi ati: “Nk’uko n’abibabwiye ubushize, twebwe muri Teso, agace ko mu Burasizuba bwa Uganda twemerera mu butatu butagatifu. Twemera Imana data, kandi Imana data ni perezida Museveni, Imana umwana ni Muhoozi Kainarugaba, ubu namwe muri roho mutagatifu. Ku bw’ibyo rero, mubatore. Imana ibane namwe mwese.”

Abaturage benshi bari imbere ye ntibahise berekana amarangamutima y’uku kugereranya aba bategetsi n’Imana.

Kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda cya Daily Monitor, cyatangaje ko uku kwita perezida Museveni Imana byababaje bamwe mu bakuriye amadini bavuga ko ari icyaha cyo gutuka Imana.

Ku mbugankoranyambaga, abenshi bavuze ko uyu mutegetsi wo muri Uganda ko “yarengereye,” ngo kuko Imana ntigira ikindi igereranywa nacyo.

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Miseveni, uteganijwe guhatanira manda ya karindwi, yagiye ku butegetsi mu mwaka wa 1986.

Kimwecyo, uyu mukuru w’iki gihugu arakunzwe cyane, nubwo hatobora abatamushyigikiye, ariko abarimo ibyamamare baramushigikiye. Nk’icyamamare Jose Chameleon na Edy Kenzo bazwi cyane mu buhanzi bari mubari kugenda bamwamamaza.

Mu gihe Bobi Wine we utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, avuga ko aharanira impinduka, kandi ko yifuza ko ubutegetsi bwa perezida Museveni n’ishyaka rye bava ku butegetsi. Abanenga guheza inyuma Uganda no guhonyora ubwisanzure n’uburenganzira bwa muntu muri Uganda.

Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi i Bukavu yarusimbutse.

Umuyobozi i Bukavu yarusimbutse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?