• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2025
in World News
0
Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwise perezida Museveni Imana yamaganwe.

You might also like

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Uwise perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Miseveni Imana, umuhungu we ari na we mugaba mukuru w’Ingabo z’iki gihugu akamwita umwana w’Imana bamwamaganye.

Uwabivuze ni umukuru w’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu cya Uganda, Anita Among, akaba anasanzwe azwiho gushyigikira cyane ubutegetsi bwa perezida Museveni.

Uyu mukuru w’inteko ishinga amategeko yavuze ko perezida Museveni ari Imana naho umuhungu we ko ari umwana wayo.

Bivugwa ko ku cyumweru, Anita Among yari mu bikorwa byo kwamamaza abadepite b’ishyaka riri ku butegetsi NRM mu matora rusange ya perezida n’abagize inteko ishinga amategeko ategenyijwe mu kwezi kwa mbere umwaka utaha wa 2026.

Ubwo yari ageze mu gace ka Masaka, Anita yarapfukamye asaba abaturage baho gutora abadepite, yagize ati: “Ndapfukamye, ni mushyigikire perezida Museveni, n’abakandida ba NRM.”

Yongeye kandi ati: “Nk’uko n’abibabwiye ubushize, twebwe muri Teso, agace ko mu Burasizuba bwa Uganda twemerera mu butatu butagatifu. Twemera Imana data, kandi Imana data ni perezida Museveni, Imana umwana ni Muhoozi Kainarugaba, ubu namwe muri roho mutagatifu. Ku bw’ibyo rero, mubatore. Imana ibane namwe mwese.”

Abaturage benshi bari imbere ye ntibahise berekana amarangamutima y’uku kugereranya aba bategetsi n’Imana.

Kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda cya Daily Monitor, cyatangaje ko uku kwita perezida Museveni Imana byababaje bamwe mu bakuriye amadini bavuga ko ari icyaha cyo gutuka Imana.

Ku mbugankoranyambaga, abenshi bavuze ko uyu mutegetsi wo muri Uganda ko “yarengereye,” ngo kuko Imana ntigira ikindi igereranywa nacyo.

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Miseveni, uteganijwe guhatanira manda ya karindwi, yagiye ku butegetsi mu mwaka wa 1986.

Kimwecyo, uyu mukuru w’iki gihugu arakunzwe cyane, nubwo hatobora abatamushyigikiye, ariko abarimo ibyamamare baramushigikiye. Nk’icyamamare Jose Chameleon na Edy Kenzo bazwi cyane mu buhanzi bari mubari kugenda bamwamamaza.

Mu gihe Bobi Wine we utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, avuga ko aharanira impinduka, kandi ko yifuza ko ubutegetsi bwa perezida Museveni n’ishyaka rye bava ku butegetsi. Abanenga guheza inyuma Uganda no guhonyora ubwisanzure n’uburenganzira bwa muntu muri Uganda.

Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

by Bruce Bahanda
August 12, 2025
0
U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera. U Bushinwa bwanenze Leta Zunze ubumwe z'Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera zishingiye kukuba bugurira peteroli mu Burusiya. Byagarutsweho na...

Read moreDetails

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe. Indege y'igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b'igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana. Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku...

Read moreDetails

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda has officially embarked on the rollout of its new Single Digital Identification System (SDIS), a cutting-edge platform designed to revolutionize identity management in the country. The initiative,...

Read moreDetails

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano. Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y'umujyi w'i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana...

Read moreDetails

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi i Bukavu yarusimbutse.

Umuyobozi i Bukavu yarusimbutse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?