• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

minebwenews by minebwenews
July 11, 2025
in Religion
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

You might also like

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

Sergei Torop wiyitaga Yesu w’isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n’ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n’imitingo bya bamwe mu bayoboke b’idini rye yise “idini ry’isezerano rya nyuma.

Amakuru avuga ko uyu mugabo wiyise Yesu w’isiberiya, akaba agiye gufungirwa muri imwe mu ma gereza arinzwe cyane mu gihugu cy’u Burusiya, nk’uko Reuters dukesha iyi nkuru yabitangaje.

Uyu mugabo amakuru akomeza kumuvugaho, agaragaza ko yahoze ari umupolisi mu Burusiya. Ni umugabo ufite imyaka 64 y’amavuko.

Yari asanzwe afite idini rye yashyize rinafite icyicaro mu gace ka Krasnoïrsk muri Siberiya. Iri dini yaritangije mu mwaka wa 1991, ubwo hari igihe Leta Zunze ubumwe z’Abasoviyete (URSS) zasenyukaga.

Abayoboke be yabasobanuriraga ko yavutse bundi bushya, ngo kandi byakozwe n’Imana mu rwego rwo kugira ngo arusheho gukwirakwiza ijambo ry’Imana ku Isi.

Iryo dini rye, amahame yaryo yenda gusa na y’idini ry’Aba-Orthodoxe ryo mu Burusiya, ndetse hari n’andi asa na y’iry’Aba-Boudha. Akaba yaramaze kugeza abayoboke basaga 10.000 hirya no hino ku isi.

Abayoboke be ntibemerewe kurya inyama, kunywa itabi, kunywa ibisindisha ndetse no gukoresha amafaranga. Ahanini abayoboke be benshi batuye mu gace kitwa Petropavlovka gaherereye mu Burasizuba bw’umurwa mukuru wa Moscow mu Burusiya. Baba mutuzu duto tw’imbaho, bakirirwa bavuga amasengesho asingiza uwo mukuru w’idini yabo Sergei Torop, kandi basenga berekeza aho atuye ku gasongero k’u musozi.

Imikorere y’uyu mugabo yatumye polisi itangira kumukoraho iperereza, kubera ihohotera ryo mu buryo bw’imitekerereze akorera abayoboke be, akabariganya n’imitingo yabo irimo n’amafaranga, bigatuma ubuzima bwabo bujya mu kaga gakomeye.

Yesu w’isiberiya yatawe muri yombi kubwa mabwiriza ya perezida Vladimir Putin. Kugira ngo aryozwe ibyo akora. Mbere babanje kumukorera iperereza rikomeye rikozwe n’igipoli cy’u Burusiya gifatanyije n’urwego rushyinzwe umutekano ruzwi nka FSB.

Mu kumufata yafanwe n’abagabo batatu bari basanzwe ari ibyegera bye. Bashinjwa kuba barahungabanyije ubuzima bw’abayoboke babo 16, abandi batandu ubuzima bwabo bujya mu kaga gakomeye.

Urukiko rwa Novosibirsk rwakatiye Sergei gufungwa imyaka 12 mu ntangiriro z’iki cyumweru n’umwe muri ibyo byegera bye witwa Vladimir Vedernikov na we ushinjwa uburiganya gufungwa imyaka 12 muri gereza, mu gihe undi umwe muri ibyo byegera bye witwa Vadim Redkin na we rumukatira gufungwa imyaka 11.

Uretse igihano cyo gufungwa, bategetswe no gutanga miliyoni 40 z’Amalubuli ari na yo mafaranga y’Amarusiya, ayo mafaranga akazatangwa nk’impozamarira kuri abo bayoboke bakorewe ibyaha.

Tags: Sergei ToropSiberiyaUrumva gusenyaYesu
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC Nyuma yo gusoma isengesho rya Angélus ku Cyumweru, Papa Léon XIV yahamagariye amahanga yose gusengera...

Read moreDetails

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu Olive Lembe Kabila, umugore wa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC),...

Read moreDetails

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

by Bahanda Bruce
January 4, 2026
0
“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete Mu mateka y’intambara yabaye mu Buyapani, hakomeje kuvugwa inkuru ikora ku mitima ya benshi hirya no hino...

Read moreDetails

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

by Bahanda Bruce
January 1, 2026
0
Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza Mu butumwa bukomeye bwerekeye ubuhanuzi bw’umwaka wa 2026, Apôtre Dr Gitwaza yagarutse ku Ijambo...

Read moreDetails

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga Umuvugabutumwa w’Itorero Philadelphie, Bwana Bujiriri, yagaragaje intimba ikomeye n’umujinya wuzuye impungenge mu butumwa...

Read moreDetails
Next Post
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by'i Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?