• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

minebwenews by minebwenews
July 11, 2025
in Religion
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

You might also like

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

Sergei Torop wiyitaga Yesu w’isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n’ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n’imitingo bya bamwe mu bayoboke b’idini rye yise “idini ry’isezerano rya nyuma.

Amakuru avuga ko uyu mugabo wiyise Yesu w’isiberiya, akaba agiye gufungirwa muri imwe mu ma gereza arinzwe cyane mu gihugu cy’u Burusiya, nk’uko Reuters dukesha iyi nkuru yabitangaje.

Uyu mugabo amakuru akomeza kumuvugaho, agaragaza ko yahoze ari umupolisi mu Burusiya. Ni umugabo ufite imyaka 64 y’amavuko.

Yari asanzwe afite idini rye yashyize rinafite icyicaro mu gace ka Krasnoïrsk muri Siberiya. Iri dini yaritangije mu mwaka wa 1991, ubwo hari igihe Leta Zunze ubumwe z’Abasoviyete (URSS) zasenyukaga.

Abayoboke be yabasobanuriraga ko yavutse bundi bushya, ngo kandi byakozwe n’Imana mu rwego rwo kugira ngo arusheho gukwirakwiza ijambo ry’Imana ku Isi.

Iryo dini rye, amahame yaryo yenda gusa na y’idini ry’Aba-Orthodoxe ryo mu Burusiya, ndetse hari n’andi asa na y’iry’Aba-Boudha. Akaba yaramaze kugeza abayoboke basaga 10.000 hirya no hino ku isi.

Abayoboke be ntibemerewe kurya inyama, kunywa itabi, kunywa ibisindisha ndetse no gukoresha amafaranga. Ahanini abayoboke be benshi batuye mu gace kitwa Petropavlovka gaherereye mu Burasizuba bw’umurwa mukuru wa Moscow mu Burusiya. Baba mutuzu duto tw’imbaho, bakirirwa bavuga amasengesho asingiza uwo mukuru w’idini yabo Sergei Torop, kandi basenga berekeza aho atuye ku gasongero k’u musozi.

Imikorere y’uyu mugabo yatumye polisi itangira kumukoraho iperereza, kubera ihohotera ryo mu buryo bw’imitekerereze akorera abayoboke be, akabariganya n’imitingo yabo irimo n’amafaranga, bigatuma ubuzima bwabo bujya mu kaga gakomeye.

Yesu w’isiberiya yatawe muri yombi kubwa mabwiriza ya perezida Vladimir Putin. Kugira ngo aryozwe ibyo akora. Mbere babanje kumukorera iperereza rikomeye rikozwe n’igipoli cy’u Burusiya gifatanyije n’urwego rushyinzwe umutekano ruzwi nka FSB.

Mu kumufata yafanwe n’abagabo batatu bari basanzwe ari ibyegera bye. Bashinjwa kuba barahungabanyije ubuzima bw’abayoboke babo 16, abandi batandu ubuzima bwabo bujya mu kaga gakomeye.

Urukiko rwa Novosibirsk rwakatiye Sergei gufungwa imyaka 12 mu ntangiriro z’iki cyumweru n’umwe muri ibyo byegera bye witwa Vladimir Vedernikov na we ushinjwa uburiganya gufungwa imyaka 12 muri gereza, mu gihe undi umwe muri ibyo byegera bye witwa Vadim Redkin na we rumukatira gufungwa imyaka 11.

Uretse igihano cyo gufungwa, bategetswe no gutanga miliyoni 40 z’Amalubuli ari na yo mafaranga y’Amarusiya, ayo mafaranga akazatangwa nk’impozamarira kuri abo bayoboke bakorewe ibyaha.

Tags: Sergei ToropSiberiyaUrumva gusenyaYesu
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC Freddy Kaniki, Umuhuza bikorwa wungirije w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP–Twirwaneho) akaba n’Umuyobozi w’umutwe wa MRDP–Twirwaneho, yavuze ku hazaza...

Read moreDetails

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga Musenyeri Willy Ngumbi Ngengele, Umushumba wa Diyosezi ya Goma, yashimiye byimazeyo ihuriro ry’AFC/M23 ku mutekano rimaze kugarura mu mujyi...

Read moreDetails

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera Mu ruzinduko rwe mu gihugu cya Libani, Papa Leo yasabiye amahoro igihugu cyibasiwe n’imyaka myinshi...

Read moreDetails

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine Mu rugendo rwe rwerekeza muri Libani avuye muri Turikiya,...

Read moreDetails

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque Papa Léon XIV, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, yatanze urugero rw’ubwubahane n’ubworoherane bw’amadini ubwo yasuraga...

Read moreDetails
Next Post
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by'i Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?