Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Uwo musozi uzitwe “Umulenge w’intwari,” ibyo Girinka avuga ku ntwari z’i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 25, 2025
in History
0
Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwo musozi uzitwe “Umulenge w’intwari,” ibyo Girinka avuga ku ntwari z’i Mulenge.

You might also like

YouTube Chanel nshya ya CNTR, amakuru kuriyo.

Kabila yababajwe n’urupfu rwa Gen.Sikatende agira n’icyo aruvugaho.

Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

Girinka Kabare William, umwe mu Banyamulenge bakunda iwabo akaba n’Umujanama wa Twirwaneho ndetse na M23, yatanze ubutumwa bwanditse agaragaza ko Abanyamulenge bagomba kugira umusozi uzajy’ushyingurwaho “Intwari z’i Mulenge, ngo kuko Intwari igomba kuruhukira ahantu heza kandi hazwi.

Muri ubu butumwa bwana Girinka yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com, yavuzemo ko irimbi rishyingurwamo Intwari risurwa n’abanyacyubahiro benshi, kandi batandukanye, bityo ko rigomba kuba riri ahantu heza hateye ishema.

Ati: “Twifuje ko Intwari z’i Mulenge zagira aho zishyingurwa, hazwi kuko Intwari igomba kuruhukira ahantu heza hateye ishema.”

Yagaragaje ko “Irimbi ry’Intwari ari umwe mu mirage ikomeye y’uruhererekane rw’amateka, bityo ko bifuje ko General Rukunda Michele uzwi cyane nka Makanika yazabimburira abandi muri iryo rimbi.
Yavuze kandi ko n’izindi ntwari zagiye zigwa ahandi zitashyinguwe mu cyubahiro, nazo zikwiye kuzazanwa zigasanga iyi ntwari bakaruhukira hamwe.

Girinka yavuze ko mu gihe ibyo byokorwa, iryo rimbi ryahita riba ‘igicumbi kibitse amateka y’izo ntwari.”
Ikindi ngo n’uko hafi y’iryo rimbi hagomba kuzubakwa ikigo cy’i gisirikare, kikitirirwa Intwari Makanika.
Kubwe yavuze ko hakwiye kwitwa: “Camp General Michel.”

Uyu mukunzi w’i Mulenge, Girinka Kabare William, yasoje asaba ko ibi byifuzo bye byazagera ku Banyamulenge bose no kunshuti z’iki kinyamakuru cya Minembwe.com.

Ati: “Iki cyifuzo cyanjye mwadufasha kikagera ku bakunzi b’i Mulenge bose, n’abakunda Minembwe.com. murakoze.”

Tags: IrimbiUmusozi
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

YouTube Chanel nshya ya CNTR, amakuru kuriyo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
YouTube Chanel nshya ya CNTR, amakuru kuriyo.

YouTube Chanel nshya ya CNTR, amakuru kuriyo. Felix Ntezeyombi wafunguye YouTube Chanel nshya iyo yahaye izina rya CNTR (Congo nshya Tv and radio), ni Umunyamulenge washatse kugira umusanzu...

Read moreDetails

Kabila yababajwe n’urupfu rwa Gen.Sikatende agira n’icyo aruvugaho.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

Kabila yababajwe n'urupfu rwa Gen.Sikatende agira n'icyo aruvugaho. Joseph Kabila Kabange wabaye umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashenguwe n'urupfu rwa general Sikatende uheruka gupfira muri...

Read moreDetails

Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe. General Sikatende Dieudonne wari uzwi cyane ku izina rya Mutupeke munyeshyamba za Mai Mai i Lulenge muri teritware ya Fizi mu...

Read moreDetails

Umukozi w’Imana Rutayisire wagize uruhare runini mu guhuza Abanyarwanda ni nde?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Umukozi w’Imana Rutayisire wagize uruhare runini mu guhuza Abanyarwanda ni nde?

Umukozi w'Imana Rutayisire wagize uruhare runini mu guhuza Abanyarwanda ni nde? Pasiteri Antoine Rutayisire ni umwe mu bakozi b'Imana bamenyekanye cyane mu Rwanda no mu karere, azwi cyane...

Read moreDetails

Bidasubirwaho amasengesho y’abanyeshuri bo mu Bibogobogo arashubijwe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

Bidasubirwaho amasengesho y'abanyeshuri bo mu Bibogobogo arasubijwe. Abanya-Bibogobogo, yaba abanyeshuri n'ababyeyi babo, barahimbaza Imana nyuma y'uko inspecteur w'amashuri amaze kugeza ibizamini bizwi nka dissertation mu Bibogobogo, by'abanyeshuri bo...

Read moreDetails
Next Post
Indege y’intambara ya Fardc yateye ibisasu mu mihana y’Abanyamulenge.

Indege y'intambara ya Fardc yateye ibisasu mu mihana y'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?