Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Uwo musozi uzitwe “Umulenge w’intwari,” ibyo Girinka avuga ku ntwari z’i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 25, 2025
in History
0
Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwo musozi uzitwe “Umulenge w’intwari,” ibyo Girinka avuga ku ntwari z’i Mulenge.

You might also like

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Girinka Kabare William, umwe mu Banyamulenge bakunda iwabo akaba n’Umujanama wa Twirwaneho ndetse na M23, yatanze ubutumwa bwanditse agaragaza ko Abanyamulenge bagomba kugira umusozi uzajy’ushyingurwaho “Intwari z’i Mulenge, ngo kuko Intwari igomba kuruhukira ahantu heza kandi hazwi.

Muri ubu butumwa bwana Girinka yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com, yavuzemo ko irimbi rishyingurwamo Intwari risurwa n’abanyacyubahiro benshi, kandi batandukanye, bityo ko rigomba kuba riri ahantu heza hateye ishema.

Ati: “Twifuje ko Intwari z’i Mulenge zagira aho zishyingurwa, hazwi kuko Intwari igomba kuruhukira ahantu heza hateye ishema.”

Yagaragaje ko “Irimbi ry’Intwari ari umwe mu mirage ikomeye y’uruhererekane rw’amateka, bityo ko bifuje ko General Rukunda Michele uzwi cyane nka Makanika yazabimburira abandi muri iryo rimbi.
Yavuze kandi ko n’izindi ntwari zagiye zigwa ahandi zitashyinguwe mu cyubahiro, nazo zikwiye kuzazanwa zigasanga iyi ntwari bakaruhukira hamwe.

Girinka yavuze ko mu gihe ibyo byokorwa, iryo rimbi ryahita riba ‘igicumbi kibitse amateka y’izo ntwari.”
Ikindi ngo n’uko hafi y’iryo rimbi hagomba kuzubakwa ikigo cy’i gisirikare, kikitirirwa Intwari Makanika.
Kubwe yavuze ko hakwiye kwitwa: “Camp General Michel.”

Uyu mukunzi w’i Mulenge, Girinka Kabare William, yasoje asaba ko ibi byifuzo bye byazagera ku Banyamulenge bose no kunshuti z’iki kinyamakuru cya Minembwe.com.

Ati: “Iki cyifuzo cyanjye mwadufasha kikagera ku bakunzi b’i Mulenge bose, n’abakunda Minembwe.com. murakoze.”

Tags: IrimbiUmusozi
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails
Next Post
Indege y’intambara ya Fardc yateye ibisasu mu mihana y’Abanyamulenge.

Indege y'intambara ya Fardc yateye ibisasu mu mihana y'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?