
Umuyobozi mukuru uyoboye urugaga rwa balimu bigisha muri za Kaminuza i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye abalimu bari mu bakandida amajwi y’abo yabaye imfabusha guhagarika akazi ko kwihisha.
Ni mukiganiro cyabaye ejo hashize i tariki ya 08/01/2024, aho David Lubo, uyoboye u rugaga rwa balimu bigisha muri za Kaminuza i Kinshasa, yagikoranye n’itangaza makuru i k’u murwa mukuru.Ibi yabisabye nyuma y’uko Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI), muri RDC asohoye itangazo rihagarika amajwi ya bakandida k’u mwanya w’ubu depite k’urwego rw’i Gihugu, i Ntara na makomine, ko mugutorwa bakoresheje ruswa n’ubujura; ibya bakandida bagera kuri 82 biba imfabusha.
Aharero niho bwana David Lubo, uyoboye u rugaga rwa balimu bigisha muri za Kaminuza, yahise asaba abigisha guhagarika ibikorwa byo kwigisha.
Yagize ati: “Tugomba kurinda uruby’iruko iriya virusi(virus), yo kw’iba nogutanga ruswa.”
Yunzemo Kandi ati: “Ruswa cyangwa kw’iba bishobora kwanduza uru byiruko rwacu ugasanga twiyiciye ejo hacu h’igihugu.”
Bruce Bahanda.