• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uyumunsi Niwo Ntarengwa M23 Yahawe Wokuba Bavuye Mubice Bambuye Ingabo Za Leta Ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
March 30, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uyumunsi niwomunsi ntarengwa wariwahawe umutwe wa M23 ko bakwiye kuba bamaze kuva mubirindiro baribambuye ingabo za Republika ya democrasi ya Congo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Ibice M23 imaze kwambura ingabo za FARDC nibiri muri Teritware ya Masisi, Rutshuru no muri Nyiragongo.

M23 yahawe izitatiki 30.03.2023 zokuva muribi bice bagasubira mwishamba rya Sabyinyo nkuko babitegetswe nabakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika yubuseruko(EAC) ubwo bahurira ga mugihugu ca Ethiopia kwitariki 17.02.2023, nyuma yabakuru b’ibihugu nanone abagaba b’ingabo ziri muruyumuryango bongeye guhurira i Nairobi kugira barebe uburyo iyimyanzuro yabakuru b’ibihugu bayishira mungiro.

Umutwe wa M23 wemeye kubahiriza iyimyanzuro ariko uratsemba uvuga ko utazaja kuba mwishamba ngo kuko sinyamanswa ibi byatangajwe numuvugizi wa M23 mubya Politike bwana Lawrence Kanyuku ubwo yaganiraga nitangaza makuru rya BBC.

Gusa barubahirije bava mubice bimwe nabimwe nka Mweso, Kinigi na Kirolirwe nahandi muri Teritware ya Masisi ibibice bavuyemo bizakuzamo ingabo za EAC.

Leta ya Republika ya democrasi ya Congo yakomeje kuvuga ko itazicarana nuyumutwe ngo bakorane Ibiganiro, ubuheruka bwa Patrick Muyaya umuvugizi wa leta ya Kinshasa yabwiye Itangaza makuru muri Kinshasa, ko leta ye izakomezanya nuzaza wese wemera imyanzuro yi Luanda isaba M23 kuva mubice byose yafashe igasubira muri Sabyinyo.

Kuruyu wakabiri tariki 28.03.2023 nibwo intambara yongeye kubura muri Masisi mugace ka Mweso ndetse nomunkengero zayo aho byanemejwe numuvugizi wa M23 ko bigaruriye agace Ka Mweso. Nkuko umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuku yabwiye Itangaza makuru ko Ihuriro ryingabo za FARDC, FDLR, Maimai ndetse na Wagner babagabyeho ibitero maze M23 izakwirwanaho ikoresha ubuhanga bwurugamba nkuko yabyivugiye baza gufata Mweso uru rugamba rwahesheje M23 Kandi gufata nagace ka Bihambwe.

Ubona ariki kizamara iyintambara ikomeje kubica bigacika muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo ( RDC)?

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Topic: Niki Dukwiye Kwibuka Muriyi Pasika ?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?