
Visi Président wa Kenya Rigathi Gachagua, yahamagariye abayobozi ba Azimio guhagarika imyigaragambyo yabaye muriki gihugu ca Republika Ya Kenya. Iyinkuru Yanditswe na Bruce Bahanda, Tariki 20.03.2023 nasaa 2:029 Kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Président w’ungirije William Ruto, bwana Gachagua amaze gusaba ko imyigaragambyo ikomeje guca ibintu mugihugu ca Kenya ihagarara ngo kumpamvu ko iyi myigaragambyo ibangamiye ubukungu kandi Abanyakenya bakeneye gusubira mutuzi twabo twaburimunsi. Nkuko byavuzwe nabaturiye iki gihugu babwiye Minembwe Capital News, ko Ibikorwa by’ubucuruzi byahungabanijwe mu mujyi wa Nairobi nyuma y’amakimbirane hagati y’abapolisi n’abashyigikiye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Ibi bikaba byabaye ubwo imyigaragambyo yarimo kuba, iyi myigaragambyo kandi bivugwa ko yatumye haba nizamuka ry’Ibiciro . Abapolisi mu bice bitandukanye byo muri Kenya bakoresheje ibisasu by’amazi na gaze kugira ngo birukane abigaragambyaga. Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga yahamagariye abayoboke be kuzenguruka igihugu cyose bamagana Ubutegetsi bwa William Ruto. Visi Président wa Kenya Rigathi Gachagua, yahamagariye abayobozi ba Azimio guhagarika imyigaragambyo yabaye muriki gihugu ca Republika Ya Kenya. Iyinkuru Yanditswe na Bruce Bahanda, Tariki 20.03.2023 nasaa 2:029 Kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Président w’ungirije William Ruto, bwana Gachagua amaze gusaba ko imyigaragambyo ikomeje guca ibintu mugihugu ca Kenya ihagarara ngo kumpamvu ko iyi myigaragambyo ibangamiye ubukungu kandi Abanyakenya bakeneye gusubira mutuzi twabo twaburimunsi. Nkuko byavuzwe nabaturiye iki gihugu babwiye Minembwe Capital News, ko Ibikorwa by’ubucuruzi byahungabanijwe mu mujyi wa Nairobi nyuma y’amakimbirane hagati y’abapolisi n’abashyigikiye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Ibi bikaba byabaye ubwo imyigaragambyo yarimo kuba, iyi myigaragambyo kandi bivugwa ko yatumye haba nizamuka ry’Ibiciro . Abapolisi mu bice bitandukanye byo muri Kenya bakoresheje ibisasu by’amazi na gaze kugira ngo birukane abigaragambyaga. Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga yahamagariye abayoboke be kuzenguruka igihugu cyose bamagana Ubutegetsi bwa William Ruto. Impuzi imwe ikomoka muri Republika iharanira democrasi ya Congo, ituriye na Irobi, bwana Museveni Byinshi yabwiye Minembwe Capital News, ko Abashinzwe umutekano mugihugu ca Kenya bakoze igikorwa gikomeye babuza abigaragambyaga kwinjira mu mujyi rwagati wa Nairobi. Ibintu nk’ibi byagaragaye kandi muri Afurika y’Epfo aho abashyigikiye umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi Julius Malema na bo bagaragaye mu turere dutandukanye tw’igihugu kugira ngo bigaragambye bamagana ibyo bavuga ko ari izamuka ry’ibiciro by’ibicuruzwa bikomeje kwibonekeza mugihugu ca AFrica Yepfo.




