• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Wazalendo amarira yari yose i Uvira.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo amarira yari yose i Uvira.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo amarira yari yose i Uvira.

You might also like

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare

General Rukemata wo muri Wazalendo uheruka gupfa arasiwe mu mirwano iheruka kubera mu Rurambo, yahambwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Amaziko ye yabaye kuri uyu wa kane tariki ya 26/06/2025, akaba yakozwe igihe c’isaha ya saa sita z’amanywa.

Ababaye aho yazikwaga babwiye Minembwe Capital News ko umuhango wo ku mushyingura waranzwe n’ibihe bigoye, ni mu gihe abe n’abo mu ruhande rwa Wazalendo batari borohewe.

Ati: “Wari umunsi mubi ku muryango we n’abo muri Wazalendo.”

Mu byumweru bibiri bishize, ni bwo byamenyekanye ko Rukemata yapfuye, kandi ko yaguye mu bitaro aho yarimo avurirwa ku bitaro biherereye i Gasenga muri Uvira.

Uyu Rukemata yarasiwe mu mirwano yahuzaga Twirwaneho n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR ikorana byahafi n’Ingabo za Congo (FARDC). Ni imirwano amakuru avuga ko yabaye mu ntangiriro z’uku kwezi kwa gatandatu, aho yaberaga mu bice byo mu Rurambo ho mu misozi ya Uvira.

Ndetse aya makuru yanavugaga ko uru ruhande rwa Wazalendo ni rwo rwagabye kiriya gitero kuri uyu mutwe wa Twirwaneho, bikaza kurangira General Rukemata wari ukiyoboye agikomerekeyemo, mbere yuko aza kugwa mu bitaro.

Rukemata ntibyakunze ko ahambwa mbere, nk’uko itangazo rya Wazalendo ryo mu cyumweru gishize ryabivuze, kuko ryasobanuye ko amaziko ye agomba kuba guverineri ahari, ariko icyo gihe akaba yari mu ruzinduko i Kinshasa.

Nyuma y’aho guverineri azindukurutse, hahise hategurwa umuhango wo ku mushyingura.

Uyu munsi rero akaba yashyinguwe ashingurirwa ku irimbi rya Hazuri riherereye hafi na Institut Kitundu ibarizwa muri Quartier ya Kasenga.

Apfuye mu gihe Wazalendo amazi yari atarumuka intoki bahambye kandi undi wari umujenerali ukomeye muri bo, witwaga General Mutetezi. Uyu we yishwe arashwe n’abagenzi be, nyuma y’aho bagize ibyo bapfa bikabaviramo kurasana hagati yabo.

Si abo gusa kuko kandi hari n’abandi ba jenerali babiri baheruka gupfa, harimo n’uwaguye mu bitero aba Wazalendo bagabye ku mutwe wa Twirwaneho mu Mikenke.

Kimwecyo, Umzalendo wese ugize itsinda ayoboye ry’aba ririmo abarwanyi bari munsi ya cumi, ahita yiyita General. Ibi byatumye abo muri iri huriro rya Wazalendo bagira ba jenerali benshi.

Tags: General RukemataYashyinguwe
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe Mu rwego rwo kugarura ubutabera mu turere twari twaratewe n’ingaruka z’intambara, Délion Kimbulungu, Perezida wa Komisiyo ishinzwe Gusubukura...

Read moreDetails

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kinshasa, ku munsi w’ejo...

Read moreDetails

Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare

Amakuru ku Mirwano Ikomeje Kuba i Kabambare Abaturage barenga ibihumbi 21, benshi muri bo bakaba ari abagore n’abana, bahatiwe guta ingo zabo nyuma y’imirwano ikomeye yadutse ku wa...

Read moreDetails

Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo Mu gihe Abanyamulenge bakomeje guhura n’ibibazo by’umutekano muke mu misozi y’i Mulenge no mu bindi bice...

Read moreDetails

Mikenke: MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanganye n’Ihuriro rya FARDC n’Abarwanyi Bafatanyije

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Mikenke: MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanganye n’Ihuriro rya FARDC n’Abarwanyi Bafatanyije

Mikenke: MRDP–Twirwaneho na M23 Bahanganye n’Ihuriro rya FARDC n’Abarwanyi Bafatanyije Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Mikenke, kari muri teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu...

Read moreDetails
Next Post
Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?