• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Wazalendo bafunze umuhanda wa Bwegera, mumajy’Epfo n’a majy’Aruguru menya Inkomoko yamakimbirane arimo kubera muribyo bice.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inkomoko yamakimbirane arimo intambara mubice bya Bwegera homuri Plaine dela Ruzizi.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mwabiteguriwe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 13/07/2023, saa 2:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ibicye byomuri Plaine dela Ruzizi, homuri Kivu yamajy’Epfo, nibice bituwe namoko atandukanye bafite n’inkomoko z’ibihugu bitandukanye byo mukarere. Hari Abapfulero b’itwa bene Ngomoko na bene Kibeho. Bamwe muraba bafite ama muko mugihugu c’u Rwanda, abandi mugihugu c’u Burundi.

Muraba harimo abitwa Costante gusa y’iyita u Murundi. Constante ari mubateza imivurungano muri Plaine dela Ruzizi, muriri joro ryakeye ari nomubaraye bafunzwe ku Bwegera afungwa n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo FARDC.

Mumakuru dufite nuko groupe ishigikiye umu Chef witwa Mayeye(Ufite Inkomoko ahitwa i Kibeho), nibo bakomeje guhohotera abandi muribi bice bya Plaine dela Ruzizi.

Hakaba hahanganye abashigikiye Chef Kivuruga nabashigikiye Chef Mayeye. Muraba Mwami Richard Ndabagoyi, byamaze kumenyekana ko ashigikiye Chef Kivuruga ndetse nabarimo ikindi gice cyab’Apfulero kitari gito harimo kandi nab’Anyamulenge n’a Barundi nkuko bikomeza kuvugwa.

Kuruyu munsi barapfa Groupement ya Barundi cangwa iyobowe nu Murundi (bomuri Plaine dela Ruzizi).

Imvo bikaba biva kuribi:

Mwami Richard Ndabagoyi, yaraheruka kubaza Chef w’u Mupfulero Mayeye, aho atanga Rapport maze Mayeye, amusubiza ko ayitanga kwa “Administrateur wa teritware ya Uvira,” Ndabagoyi ahaniho yahise amubaza u wa mwimitse kuba Chef ? n’imugihe yari yarashinzwe ho n’a Mwami Richard Ndabagoyi.

Mwami Richard Ndabagoyi, yaje kwandika Rapport ko amakimbirane ari mubice bya Bwegera ko yatewe n’a Chef Mayeye w’u Mupfulero.

Gusa bikavugwako Chef witwa Mayeye, ko ashigikiwe n’a teritware ya Uvira, n’imugihe muraka karere baheruka gushimuta Abanyamulenge babiri nyuma Ingabo za FARDC bafashe uyu wiyita chef Mayeye baramufunga mugihe batarakora enquête kuriwe nibwo Administrateur wa Uvira yahise atanga itegeko ngo bamurekure iwe namugenzi wiwe bareganwa kuba inyuma yab’Anyamulenge bari bashimuswe, ubwo bahita bafungurwa.

Kuruyu wa Kabiri, abantu batazwi batwitse inzu ya Chef Mayeye . Bukeye insore sore ziganjemo Wazalendo baza gutwika ibiro bya Groupement iyobowe na Chef Kivuruga niho rero hatangiye intambara ikaza kuvamo impfu zabo muri Wazalendo babiri 2 abandi barakomereka.

Kuruyu wa Kane Insore sore zabo mumutwe wa Wazalendo, bazindutse bavuga ko bari burwanye Ingabo za FARDC, Abarundi bomuri Plaine dela Ruzizi ndetse n’a b’Anyamulenge. Kurubu akajagari kakaba kakomeje kuba kenshi muribyo bice nkuko amakuru agera kuri Minembwe Capital News abivuga.

Mumakuru dufite yizewe nuko Ubu umuhanda wa Bwegera uturutse mumajy’Epfo harafunzwe n’izi Nsore Sore za Wazalendo ndetse kandi bafunze no mumajy’Aruguru yu Muhanda wa Bwegera.

Ibi Ingabo za FARDC zo muribyo bice ntaco barabivugaho baricecekeye nkuko tubikesha umwe mubaturage baturiye akarere ka Plaine dela Ruzizi.

Tags: BwegeraChef MayeyeGroupement Ka KambaMwami Richard NdabagoyiPlaine de la Ruzizi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Russian general reportedly killed by British storm shadow missiles attack on Berdyansk hotel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?