• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Wazalendo bararira ayo kwarika i Walungu nyuma y’aho bahahuriye n’agasenyaguro.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2025
in Regional Politics
0
M23 yafashe centre ya Walungu muri Kivu y’Epfo.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo bararira ayo kwarika i Walungu nyuma y’aho bahahuriye n’agasenyaguro.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Abarwanyi bo muri Wazalendo barwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa bahuriye n’agasenyaguro mu bice by’i Ngweshi muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu mirwano yabasakiranyije n’umutwe wa m23, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni ku munsi w’ejo hashyize tariki ya 02/03/2025, nibwo abarwanyi bo muri Wazalendo bagabye ibitero kuri m23, nayo ibashwiragizamo urufaya rw’amasasu, ibyatumye aba barwanyi bo muri Wazalendo bahaburira abarwanyi babarirwa mu magana.

Iyi mirwano ikaba yarabereye mu duce two muri cheferi ya Ngweshi, ha herereye mu birometero 60 uvuye mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo.

Utu duce twaguyemo Wazalendo two muri cheferi ya Ngweshi, hari aka Burhale na Mulamba, uduce ahanini dutuwe n’Abashi.

Umwe mubaturiye utwo duce wavuganaga na Minembwe.com yavuze ko Wazalendo baguye muri iyo mirwano batari munsi y’amagana atanu, ndetse yavuze n’abamwe muri Wazalendo bayiguyemo babayabozi.

Yagize: “Wazalendo batakaje abantu benshi muri Burhale na Mulamba. Kandi byaciye aba barwanyi intege. Hapfuye komanda Tomusa, Bimuli, Kadina na komanda Mubangu n’abandi bayobozi bakomeye.”

Mu butumwa bw’amajwi bwagiye hanze bwumvinamo amajwi ya Wazalendo bari gutanaho imfane, aho bashinjaga uwo bise Foka Maike wari mu kandi gace kuba atohereje amasasi bituma abarwanyi babo bapfa ku bwinshi.

Ati: “Kubura abantu b’ingenzi nk’aba byatewe nuko amasasu yari yabashiranye. Foka Maike yatinze kohereza musaada n’amasasu komanda Mubangu, bituma araswa arapfa. Yapfanye n’abarwanyi benshi. Birababaje!”

Umutwe wa m23 winjiye muri Walungu nyuma y’umunsi umwe gusa ufashe umujyi wa Bukavu. Kuko nyuma y’umujyi wa Bukavu, aba barwanyi bahise bafata i Nyangenzi, ku wundi munsi wakurikiyeho bigarurira Kamanyola n’umupaka wayo uhuza iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’icy’u Rwanda .

Mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize nibwo bafashe centre ya Walungu.
Ubu biravugwa ko bakomeje imirwano aho bari kugenda bigarurira ibice byinshi mu buryo budasanzwe.

Tags: agasenyaguroM23WalunguWazalendo
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Avugwa i Bukavu y’imirwano hagati ya m23 na Wazalendo.

Avugwa i Bukavu y'imirwano hagati ya m23 na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?