• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 4, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

You might also like

Iby’ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bakorana byahafi n’u Butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu rugamba rwo kurwanya umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho mu Burasirazuba bw’iki gihugu, batangaje ko ku munsi w’ejo ku wa gatanu bazakomeza imyigaragambyo igamije kwirukana Brigadier General Olivier Gasita, muri Uvira.

Bikubiye mu itangazo aba barwanyi bo muri Wazalendo bashyize hanze ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 04/09/2025.

Iryo tangazo ritangira rigira riti: “Tumenyesheje abaturage batuye i Uvira ko ejo ku wa gatanu tuzakomeza imyigaragambyo twatangiye muri iy’i minsi yo kwirukane uyu Munyarwanda wa M23 Gasita, i Uvira.”

Rirakomeza riti: “Nta moto, bajaje, imodoka, ipikipiki habe n’inka ntabyemerewe kuja mu muhanda. Amaduka yose, utubari n’amasoko ntacyemerewe gufungura kugeza dusoje igikorwa.”

Mu gihe icyo gikorwa cyo ramuka gikozwe nk’uko iri tangazo ribivuga, bizaba bibaye ku munsi ugira gatanu bamagana uyu musirikare ufite ipeti rya Brigadier General.

Gutumwa kwa Gen. Gasita i Uvira, ni icyemezo cyafashwe na perezida Felix Tshisekedi w’iki gihugu; igitangaje Wazalendo bavuga ko badashobora kuyoborwa na we, ngo kuko ari Umunyarwanda n’ubwo atari we.

Brig-Gen.Gasita ni Umunyamulenge, ariko kubera ko bavuga ururimi rufitanye isanao rya hafi n’ikinyarwanda, abandi Banye-Congo barabibaziza, ndetse bigatuma babita abashyitsi mu gihugu cyabo, ari na yo ntandaro y’iyi ntambara imaze imyaka myinshi muri iki gihugu.

Ku rundi ruhande, Gasita na we yakaniye, avuga ko adashobora kwemera kuva i Uvira kubera Wazalendo batamushaka.

Ubwo rero, amaherezo ni ayahe?

Tags: GasitaUviraWazalendo
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Iby’ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Iby’ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Iby'ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga Ku mbuga nkoranyambaga harimo gusakazwa i foto igaragaza uwitwa Mike Tyson, umuteramakofi, afashe ku rutugu rwa perezida wa Repubulika ya...

Read moreDetails

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze Ibikoresho bya gisirikare by'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, muri Uvira, iki gisirikare cyatangiye kubihungishiriza i Bujumbura mu...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Ingabo z'u Burundi zahawe igisubizo nyuma y'aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke Nyuma y'aho Ingabo z'u Burundi zihaye umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu...

Read moreDetails

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Indege z'intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyateye ibisasu by'indege za Sukhoi-25 mu bice bituwe cyane byo muri teritware ya...

Read moreDetails

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Urusaku rw'imbunda z'irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n'impamvu yarwo Amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ugenzurwa n'ihuriro ry'ingabo za Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?