• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.

You might also like

Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

RDC mu Mpaka Ziremereye ku Hazaza h’Itegeko Nshinga ry’Igihugu

Impungenge zikomeje kwiyongera mu misozi y’i Mulenge nyuma y’aho FARDC irasiye ibisasu mu baturage

Ihuriro rya Wazalendo rirwana ku ruhande rw’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryateye ibisasu byinshi mu Rugezi mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe hagenzurwa na MRDP-Twirwaneho bongera gusubira inyuma ntahangana rihabaye.

Ku gicamunsi cy’ejo ku wa kabiri tariki ya 19/08/2025, Wazalendo ni bwo bateye biriya bisasu mu duce two mu Rugezi, ariko ntihagira ubasubiza.

Minembwe Capital News yamenye neza ko ibyo bisasu byarasiwe ku musozi wa Nyakirango ku w’Ihene n’i Muchikachika.

Usibye aya masasu kumvikana muri turiya duce nta kindi yahungabanyije, ndetse n’amakuru agaragaza ko uruhande rwa Wazalendo rwayarasaga, byarangiye basubiye n’ubundi iyo bari baturutse.

Rugezi n’inkengero zayo MRDP-Twirwaneho na M23 byayifashe mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka turimo.

Biyfata nyuma y’imirwano yamaze iminsi itatu ibahanganishije n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, rurimo ingabo za RDC, iz’u Burundi, Wazalendo na FDLR.

Nyuma uru ruhande rwa Leta rwakomeje kuyigabamo ibitero by’umusubirizo, ariko uko babigabaga byasubizwaga inyuma na MRDP-Twirwaneho na M23.

Hari n’ubwo uru ruhande rwa Leta ruza rugatera ibisasu gusa, ubundi rukisubirira mu ishyamba, ari nabyo rwakoze aha’rejo.

Ibyo kandi rwabikoze inshuro nyinshi ahagana mu kwezi kwa kane n’ukwa gatanu ndetse no mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

Ibyo bikozwe mu gihe Rugezi n Minembwe bimaze kugarurwamo amahoro, aho ndetse na Mikenke aruko.

Gusa, ikibazo kimwe kigaragara n’icyo kubura umunyu, amasabune, amavuta na carbila. Ibyo byatwe nuko ingabo za FARDC zafunze umuhanda wo kwa Mulima uhuza Minembwe n’ibice by’u mushyashya bya Baraka na Fizi ku i zone.

Tags: IbisasuMRDP -TwirwanehoRugeziWazalendo
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

by Bahanda Bruce
March 14, 2026
0
Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

RDC mu Mpaka Ziremereye ku Hazaza h’Itegeko Nshinga ry’Igihugu

by Bahanda Bruce
March 14, 2026
0
RDC mu Mpaka Ziremereye ku Hazaza h’Itegeko Nshinga ry’Igihugu

RDC mu Mpaka Ziremereye ku Hazaza h’Itegeko Nshinga ry’Igihugu Mu gihe ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) buyobowe na Perezida Félix Tshisekedi butangiye kuvuga ku gitekerezo...

Read moreDetails

Impungenge zikomeje kwiyongera mu misozi y’i Mulenge nyuma y’aho FARDC irasiye ibisasu mu baturage

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Impungenge zikomeje kwiyongera mu misozi y’i Mulenge nyuma y’aho FARDC irasiye ibisasu mu baturage

Impungenge zikomeje kwiyongera mu misozi y’i Mulenge nyuma y’aho FARDC irasiye ibisasu mu baturage Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika...

Read moreDetails

Umusirikare Wigeze Kugarukwaho mu Mateka y’Iyicwa rya Perezida Laurent-Désiré Kabila Yongeye Kuvugwa

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Umusirikare Wigeze Kugarukwaho mu Mateka y’Iyicwa rya Perezida Laurent-Désiré Kabila Yongeye Kuvugwa

Umusirikare Wigeze Kugarukwaho mu Mateka y’Iyicwa rya Perezida Laurent-Désiré Kabila Yongeye Kuvugwa Amakuru aturuka mu mujyi wa Lubumbashi aravuga ko Gen. Eddy Kapend yaba yatawe muri yombi n’inzego...

Read moreDetails

Amakuru y’Ibanga Agaragaza ko FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bateguye Igitero Kinini gishobora Gutangirira mu Bice bya Uvira

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Ese Politiki ya Tshisekedi mu Burasirazuba bwa RDC Irasa n’Intaba yo Hepfo Ihabwa Yo Ntitange”? — Isesengura rya Girinka William Kabare

Amakuru y’Ibanga Agaragaza ko FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bateguye Igitero Kinini gishobora Gutangirira mu Bice bya Uvira Amakuru mashya avuye imbere mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?