• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Wazalendo mu burakari bw’uko M23 ikomeje kubarusha imbaraga ku kigero kiri hejuru cyane, batwitse imodoka zitanu z’amashirahamwe.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2024
in Regional Politics
0
Wazalendo mu burakari bw’uko M23 ikomeje kubarusha imbaraga ku kigero kiri hejuru cyane, batwitse imodoka zitanu z’amashirahamwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo mu burakari bw’uko M23 ikomeje kubarusha imbaraga ku kigero kiri hejuru cyane, batwitse imodoka zitanu z’amashirahamwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Imodoka zatwitswe n’insoresore za Wazalendo zigera muri zitanu, zitwikirwa mu bice biherereye muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko ay’amakuru abivuga imodoka zatwitswe n’izi shirahamwe rya Tearfund zavaga mu bice byo muri teritware ya Lubero zerekeza muri teritware ya Beni zabanzaga kunyura i Butembo.

Ay’amakuru avuga kandi ko zatwitswe mu ijoro ryo ku Cyumweru rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/07/2024.

Ubuyobozi bwa teritware nabwo bwemeje ay’amakuru kandi buvuga ko ibyo byabereye ahitwa i Kavunano.

Umuyobozi wa teritware ya Lubero, wemeje ay’amakuru yatangaje ko iperereza ryatangiye, ndetse ko hamaze kumenyekana byinshi kuri icyo gitero cyagabwe kuri izo modoka.

Ku rwego rw’i gisirikare rwo, umuyobozi muri aka gace, Col Alain Kiwewe yagize ati: “Maze kumenya ko imodoka zitanu za Tearfund zashaka gufata undi muhanda ugana Luotu ujya Butembo. Ku makuru arambuye, tugomba gutegereza ho.”

Iki gitero ku mudoka z’umuryango w’u butabazi kije nyuma yo gutera imbere kwa M23 yinjira muri teritware ya Lubero.

Kuva ku wa Gatanu w’i Cyumweru gishize, yafashe isantire y’ingenzi ya Kanyabayonga, iza kandi gufata ibindi bice birimo Kayina, Kirumba na Luofu ndetse mbere y’uko ifata ibi bice byose yari yabanjye kubohoza agace ka Miriki.

Kuri uyu munsi imirwano yabereye mu duce twa Kashenge.

Kuba M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi byatumye uburakari bwa Wazalendo burushaho gufata indi ntera bakaba bari gutwika imodoka mu rwego rwo kugaragaza uburakari.

                MCN.
Tags: Batwitse imodoka zitanuIshirahamweKavunanoLuberoTearfundWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yatanze inama ku rubyiruko ababwira igihe cyiza cyo gushinga urugo.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yatanze inama ku rubyiruko ababwira igihe cyiza cyo gushinga urugo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?