• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Wazalendo na FDLR baheruka guhunga mu Rugezi hamenyekanye ikibazo kibaremerereye.

minebwenews by minebwenews
April 22, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo na FDLR baheruka guhunga mu Rugezi hamenyekanye ikibazo kibaremerereye.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo na FDLR baheruka guhunga mu Rugezi hamenyekanye ikibazo kibaremerereye.

You might also like

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Amakuru ava mu misozi ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko Wazalendo na FDLR baheruka guhunga bava mu Rugezi bagowe no kubona icyo baha abagore n’abana babo, nyuma yuko bahungiye mu mashyamba ari mu Rugezi.

Mu ntangiriro z’uku kwezi kwa kane uyu mwaka wa 2025, ni bwo umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bafashe igice cya Rugezi, nyuma y’aho bacyirukanyemo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa RDC.

Rugezi ni gice giherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe. Bizwi ko iki gice ko ari cyo cyari indiri ikomeye y’abarwanyi ba FDLR na Wazalendo kuva mu mwaka wa 2018.

Ndetse iki gice iri huriro ry’ingabo za Congo zacyifashishaga mu kugaba ibitero ku Banyamulenge bo mu Marango ya Minembwe no mu bindi bice biherereye mu nkengero za centre ya Minembwe, aho ni nka Gangala, Muriza n’ahandi.

Kuba rero iki gice iri huriro ry’ingabo za Congo zaracyifashishaga mu gusenyera Abanyamulenge no kunyaga Inka zabo, byatumye uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bagifata ubwo bagishoragamo urugamba rukomeye, urwo amakuru akomeza avuga ko rwaguyemo abasirikare benshi bo mu ruhande rwa Leta, bagwiriyemo ingabo z’u Burundi iza Congo na Wazalendo benshi.

Nyuma Wazalendo na FDLR bari muri iki gice, abafite abagore n’abana bahise berekeza mu ishyamba; Ingabo za FARDC n’iz’u Burundi zo zihunga zerekeza i Fizi ku i zone, ndetse izindi muri izo zihuruka i Baraka.

Aya makuru agaragaza ko muri bariya Wazalendo na FDLR bari bafite imiryango, muri bo hari n’abagabo bamwe babaga bafite nk’abagore batatu, n’abafite babiri, abandi umwe.

Hagaragajwe n’ikambi n’ini yubatse hagati mu ishyamba muri ibyo bice, aho ubutumwa bw’amashusho bwagiye hanze bwagaragazaga irimo abana n’abagore benshi, nubwo nta mubare nyawo wabashe gutangwa, ariko bivugwa ko bashobora kuba babarirwa mu magana.

Hari n’ubundi butumwa bwa video na bwo bwashyizwe hanze bugaragaza Wazalendo bari muri iyo nkambi bahetse n’imbunda zabo, ariko abana bari iruhande rwabo bavuza induru bataka n’inzara.

Umwe wo mu bwoko bw’Abafulero uherereye muri ibyo bice wahaye aya makuru Minembwe Capital News, yavuze ko izo mpuzi za Wazalendo na FDLR ko zibabaye cyane.

Yagize ati: “Impunzi za Wazalendo na FDLR ziri mu ishyamba iyo mu Rugezi zirababaye cyane. Zirifuza ko zabona uwabaha ibyokurya.”

Yongeyeho kandi ati: “Basigaje gato bakarimbukira rimwe, mu gihe bokomeza kubura ubufasha.”

Yanavuze ko kuri ubu zifashisha imbuto zo mu mashyamba n’ibindi bimera biribwa, ndetse ubundi ngo zikarya n’inyamanswa zo mu ishyamba.

Hagataho, imisozi ya Rugezi n’inkengero zayo zose, bigenzurwa na Twirwaneho na M23.

Ubundi kandi ibiro bya Komine ya Minembwe n’ahahoze ibigo bikomeye by’ingabo z’iki gihugu n’iz’u Burundi bigenzurwa n’iyi mitwe ibiri uwa Twirwaneho n’uwa M23.

Tags: FDLRIkambiRugeziWazalendo
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira Abanyamulenge bari batuye mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ibibazo bigikomeje kuba ingorabahizi mu Minembwe nubwo bafite umutekano mwiza.

Hagaragajwe ibibazo bigikomeje kuba ingorabahizi mu Minembwe nubwo bafite umutekano mwiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?