Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Wazalendo ngo b’injiye mu bujura bwo k’urwego rwohejuru nimugihe bamaze gushamirana n’abaturage i Karisimbi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano mu Burasirazubwa bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo, ukomeje kuzamo umwuka mubi nimugihe muri Komine ya Karisimbi imwe mu ma Komine agize u Mujyi wa Goma, hari ugushamirana hagati y’abaturage n’Abajura bo mw’itsinda rya Wazalendo bakorana n’ingabo za FARDC.

You might also like

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Byavuzwe ko bariya Wazalendo kuri ubu bari gukora Ubujura bwo k’urwego rwohejuru nimugihe biba mu mazu babanjye gusenya. Ibi babikora igihe c’amasaha y’ijoro gusa.

Iy’inkuru inemezwa n’Umuyobozi w’urubyiruko rwo muri Komine ya Karisimbi. Uriya muyobozi yemejeko uko gusenya amazu bashaka kw’iba kobimaze kugaragara kumazu agera kuri 376. Buriya bujura bukorwa na Wazalendo, bikavugwa ko babukora bitwaje imbunda n’ibikoresho byagakondo. Gusa ahamya kwibi byongeye gufata Indi ntera mu byumweru bibiri bishize.

Bwana Claude Rugo umuyobozi w’urubyiruko rw’Abanyekongo, baturiye Komine ya Karisimbi yagize ati: “Ayomabandi burigihe aza yitwaje imbunda kandi baza bambaye n’imyenda y’i gisirikare cya FARDC.”

Yongeye ati: “Si Ubujura bakora gusa ahubwo banica n’Abantu.”

Uruby’iruko rwomuri Komine ya Karisimbi, mu Mujyi wa Goma, bakaba bahamagariye leta ya Kinshasa ko badakwiye guceceka kwahubwo bagomba kubaba hafi.

Ikindi n’uko ruriya r’ubyiruko rwanenze guceceka kwabashinzwe u mutekano w’abaturage mugihe abo baturage bafite ikibazo cy’abajura bo mw’itsinda rya Wazalendo.

Bruce Bahanda.

Tags: I KarisimbiWazalendo bashamiranye n'abaturage bapfa Ubujura
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse. Joseph Kabila wabaye perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashinje Tshisekedi wa musimbuye kuri uwo mwanya kuba...

Read moreDetails

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails
Next Post

I Kindu abavoka (Avocats), bishize hamwe maze bazenguruka i Mihanda basaba kohoba ubutabera k'umutu wo mw'ishyaka rya Katumbi Moïse, w'ishwe k'uwa Kabiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?