• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

William Ruto, perezida wa Kenya yakoze impinduka muri iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
July 20, 2024
in Regional Politics
0
William Ruto, perezida wa Kenya yakoze impinduka muri iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

William Ruto, perezida wa Kenya yakoze impinduka muri iki gihugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida wa Repubulika ya Kenya, Dr Samoel Ruto William, yakoze impinduka muri Guverinoma akaba yatangaje icyiciro cya mbere kigizwe n’ab’aminisitiri 11 bari mu bazaba bagize ubuyobozi bushya, harimo n’abahoze muri Guverinoma yari aherutse gusesa.

Kithure Kindiki yasubijwe ku mwanya wa minisitiri w’umutekano w’imbere, Alice Wahome asubizwa ku wa minisitiri ushinzwe ubutaka, Aden Duale asubizwa ku wa minisitiri w’ingabo, Soipan Tuya asubizwa ku wa minisitiri ushinzwe kurengera ibidukikije.

Deborah Nyambura yagizwe minisitiri w’ikoranabuhanga, Eric Murithi Muga agirwa minisitiri ushinzwe amazi, Rebecca Miano agirwa Intumwa Nkuru ya leta.

Ahagana tariki 11/07/perezida Ruto yasheshe Guverinoma yari iriho kuva mu kwa Gatatu 2023, asigaho minisitiri w’intebe akaba na minisitiri w’ubabanye n’amahanga, Musalia Mudavada.

Icyo gihe yateguje ko ateganya kuganira n’abanyakenya ndetse n’imitwe ya politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bwe kugira ngo bumvikane ku bajya muri Guverinoma nshya, bakamufasha gukemura ibibazo bibangamiye Kenya.

Ibibazo byugarije ubukungu bwa Kenya byabahungabanyije imibereho y’Abanyakenya, guhera mu kwezi kwa kane 2024, bamwe muri bo bajya mu myigaragabyo ikomeye basaba perezida Ruto kweguza abaminisitiri, abandi bamusaba kwegura ubwe.

Perezida Ruto, ejo hashize tariki ya 19/07/2024 yatangaje ko akomeje ibiganiro n’Abanyakenya kugira ngo bemeranye ku bandi baminisitiri buzuza Guverinoma nshya.

Uyu mukuru w’igihugu yasobanuye ko ategereje ko inteko ishinga Amategeko yemeza aba baminisitiri, abandi akazabashyiraho vuba ashingiye ku bitekerezo azahabwa n’abo bari kuganira.

          MCN.
Tags: Perezida William RutoYakoze impinduka muri Guverinoma ye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Uganda yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zijya muri Congo ziciye Uganda.

Leta ya Uganda yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko ingabo z'u Rwanda zijya muri Congo ziciye Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?