Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Yaraye mu mugozi azira Twirwaneho mu Bibogobogo,” ibivugwa n’abaturage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 24, 2025
in Regional Politics
0
FARDC iri guhiga Abasore ba Banyamulenge bukware mu Bibogobogo.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Yaraye mu mugozi azira Twirwaneho mu Bibogobogo,” ibivugwa n’abaturage.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Colonel Ntagawa Rubaba uyoboye abasirikare ba Leta y’i Kinshasa bari mu Bibogobogo, yafunze umusore w’Umunyamulenge witwa Pilote amuziza gushyigikira ibikorwa byo kwirwanaho.

Igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri z’umugoroba w’ahar’ejo ni bwo Pilote yafashwe n’abasirikare ba Col.Ntagawa, bahita bamufungira mu kigo cya gisirikare kiri aha mu Bibogobogo.

Umwe mu baturage batuye mu Bibogobogo yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com ubutumwa bwanditse bugira buti: “Mu dutabarize, Col.Ntagawa karadufunga atuziza Twirwaneho. Ubu saa kumi nebyiri z’umugoroba yafashe Pilote. Ubu arafunze kandi yamutwaye nabi.”

Hagize iminsi abasirikare ba Leta bakorera muri ibi bice barwanya ibikorwa byo kwirwanaho nigisa nabyo cyose.

Fardc yabirwanyije ifatanyije n’abapolisi bakorera muri ibi bice, aho ndetse babyinjijemo n’abamwe mu baturage bo muri ubu bwoko bw’Abanyamulenge batuye mu Bibogobogo.

Hari n’amakuru yatanzwe mbere yavugaga ko aka gace ka Bibogobogo kaba gashaka gushirwamo abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino, akaba ari yo mpamvu bamwe badashaka Twirwaneho.

Ni n’amakuru yahamyaga ko iyo gahunda yapanzwe na Lt.Gen.Pacifique Masunzu, gusa abashigikiye Twirwaneho bagenda babyikoma imbere.

Akaba ari yo mpamvu bamwe batangiye gufungwa, nk’uko Abanya-Bibogobogo bakomeje babivuga.

Nyamara Twirwaneho yo mu Minembwe iyobowe na Brig.Gen. Charles Sematama, uzwi nk’Intare-batinya, imaze kwigarurira ibice byinshi byo mu misozi ya Fizi na Mwenga, ahazwi nk’i Mulenge.

Ni mu gihe kurubu igenzura komine ya Minembwe yose ndetse na Mikenke muri secteur ya Itombwe. Ubundi kandi aheruka gutangaza ku mugaragaro ko yifatanyije n’umutwe wa m23 kurwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ngo kuko buhora butoteza no kwica Abanyamulenge bubaziza uko baremwe.

Tags: BibogobogoMu mugoziPilote
Share52Tweet32Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?