• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 9, 2025
in Conflict & Security
0
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Makyambe Mishembe Laurent wahoze ari administrateur wungirije wa teritware ya Minembwe iyari yarashyizweho n’umutwe wa RDC warwanyaga ubutegetsi bw’i Kinshasa mu mwaka wa 1998 kugeza muri 2003 yishwe arashwe nyuma yo gushimutwa n’igisirikare cya RDC(FARDC), nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

READ ALSO

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa mbere tariki ya 08/09/2025, ni bwo Makyambe yashimuswe, akaba yarashimutiwe hafi n’umuhana wa Mikenke awo yaratuyemo.

Byavuzwe ko yashimuswe n’igisirikare cya RDC, kandi ko cyahise kimwerekeza i Tuwetuwe mu ruhande rugana kuri Point Zero ahari icyicaro cy’ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FARDC ndetse na FDLR.

Hari amakuru yatanzwe rugikubita avuga ko yasekewe n’umuyobozi wa secteur ya Itombwe, bwana Elewano Zidane. Aya makuru yavugaga ko uyu muyobozi wa secteur ya Itombwe yamushinjaga gukorana byahafi n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa MRDP-Twirwaneho n’uwa M23.

Mu butumwa bwazindutse butangwa n’umuryango wa Makyambe wishwe, buvuga ko bwatoye umurambo we, kandi ko bwasanze yarishwe arashwe.

Bugira buti: “Twasanze aho Makyambe yiciwe, kandi yishwe arashwe. Birababaje.”

Umuryango we ntawe wigeze utunga agatoki, ariko uvuga ko ubabajwe n’abakoze ayo mahano.

Makyambe usibye kuba yarahoze yungirije Jondwe wahoze ari administrateur wa teritware ya Minembwe igihe cya RCD, yanabaye kandi Chef de secteur ya Itombwe mu myaka itanu ishize.

Ubundi kandi inshuro zirenga imwe yiyamamaje ku mwanya w’ubudepite ku rwego rwa teritware ya Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo, ariko izo nshuro zose agatsindwa.

Tags: FardcMakyembeMikenkeYishwe Arashwe

Related Posts

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
Conflict & Security

Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires

September 10, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Kasheke : un incendie transforme une journée scolaire en journée de deuil

September 10, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira

September 10, 2026
Fizi mu mirwano ikomeye: Mulima, Nguli na Kananda bivugwamo impinduka zikomeye ku rugamba
Conflict & Security

Fizi mu mirwano ikomeye: Mulima, Nguli na Kananda bivugwamo impinduka zikomeye ku rugamba

September 10, 2026
Next Post
Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

Ay'indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy'indege cya Bujumbura igana muri RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?