Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za M23 ngo zikomeje kwitwara neza k’urugamba bahanganyemo n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’umutwe wa ARC/M23, bwatangaje ko bukomeje guhagarara neza mu mirwano bongeye kugabwaho n’ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa. N’imubitero ziriya Nyeshamba zirimo, FDLR, Wazalendo na Nyatura bagabye ahari abaturage benshi baheruka ga guhungira munkengero za Bwiza homuri Groupement ya Tongo, muri teritwari ya Rutsuru.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

M23 ikaba yatangaje ko yakoze ibishoboka byose maze irwanirira aba baturage, nkuko ay’amakuru tuyakesha Umuvugizi wa M23 bwana Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwahoze rwitwa Twitter.

Kanyuka, yagize ati: “Ingabo z’iharanira impindura matwara ya Congo, ARC/M23 zirmo kwitwara neza k’urugamba. Bakomeje kurinda ubusugire bw’ubutaka barimo nokurinda abaturage bimuwe n’intambara.”

Ibi kandi byashimangiwe na bwana Bertrand Bisimwa, umukuru w’uyu mutwe wa M23, aho yagize ati: “Kuva saa 1:12 Am, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 21/10/2023, ingabo za Kinshasa FDLR / FARDC / Abacanshuro / Wazalendo, bagabye igitero, bakoresheje n’imbunda nini bakigaba mu Nkambi ya Bwiza irimo abimuwe. Intego yabo ni ugutsemba abarokotse Masisi.”

Y’unzemo kandi ati: “Dukomeje guhagarara neza ngo turwanirire abaturage.”

Bivugwa ko hari n’abana baba bimuwe n’intambara z’urudaca, bakomerekeye mugitero bagabweho na Wazalendo, FARDC, FDLR na Wagner.

Mu makuru Minembwe Capital News, ifite yizewe n’uko Ingabo zirwana k’uruhande rwa Kinshasa, bakomeje guhunga bagana mubice bya Kitchanga, aho byemezwa ko iyi mirwano ko yamaze kugera mugace ka Kavenu gaherereye muri Kitchanga. Utundi duce turimo imirwano ni Rushavuti, Shonyi na Kipfulo, muri Groupement ya Bukombo homuri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi bitero abasirikare ba leta ya Kinshasa, babikoze mugihe harihamaze igihe hacicibikana amakuru avuga ko FARDC yamaze kwitegura intambara bundi bushya ngo irwanye M23.

By Bruce Bahanda.

Tags: BwizaFardcFDLRIkomeje kwitwara neza k'urugamba bahanganyemo n'ihuriro ry'imitwe y'itwaje imbunda ishigikiwe na Leta ya KinshasaM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Bidasubirwaho M23 yamaze kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR na Wazalendo) u Mujyi wa Kitchanga no mu nkengero zayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?