• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za M23 ngo zikomeje kwitwara neza k’urugamba bahanganyemo n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
October 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’umutwe wa ARC/M23, bwatangaje ko bukomeje guhagarara neza mu mirwano bongeye kugabwaho n’ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa. N’imubitero ziriya Nyeshamba zirimo, FDLR, Wazalendo na Nyatura bagabye ahari abaturage benshi baheruka ga guhungira munkengero za Bwiza homuri Groupement ya Tongo, muri teritwari ya Rutsuru.

M23 ikaba yatangaje ko yakoze ibishoboka byose maze irwanirira aba baturage, nkuko ay’amakuru tuyakesha Umuvugizi wa M23 bwana Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwahoze rwitwa Twitter.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Kanyuka, yagize ati: “Ingabo z’iharanira impindura matwara ya Congo, ARC/M23 zirmo kwitwara neza k’urugamba. Bakomeje kurinda ubusugire bw’ubutaka barimo nokurinda abaturage bimuwe n’intambara.”

Ibi kandi byashimangiwe na bwana Bertrand Bisimwa, umukuru w’uyu mutwe wa M23, aho yagize ati: “Kuva saa 1:12 Am, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 21/10/2023, ingabo za Kinshasa FDLR / FARDC / Abacanshuro / Wazalendo, bagabye igitero, bakoresheje n’imbunda nini bakigaba mu Nkambi ya Bwiza irimo abimuwe. Intego yabo ni ugutsemba abarokotse Masisi.”

Y’unzemo kandi ati: “Dukomeje guhagarara neza ngo turwanirire abaturage.”

Bivugwa ko hari n’abana baba bimuwe n’intambara z’urudaca, bakomerekeye mugitero bagabweho na Wazalendo, FARDC, FDLR na Wagner.

Mu makuru Minembwe Capital News, ifite yizewe n’uko Ingabo zirwana k’uruhande rwa Kinshasa, bakomeje guhunga bagana mubice bya Kitchanga, aho byemezwa ko iyi mirwano ko yamaze kugera mugace ka Kavenu gaherereye muri Kitchanga. Utundi duce turimo imirwano ni Rushavuti, Shonyi na Kipfulo, muri Groupement ya Bukombo homuri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi bitero abasirikare ba leta ya Kinshasa, babikoze mugihe harihamaze igihe hacicibikana amakuru avuga ko FARDC yamaze kwitegura intambara bundi bushya ngo irwanye M23.

By Bruce Bahanda.

Tags: BwizaFardcFDLRIkomeje kwitwara neza k'urugamba bahanganyemo n'ihuriro ry'imitwe y'itwaje imbunda ishigikiwe na Leta ya KinshasaM23

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Bidasubirwaho M23 yamaze kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR na Wazalendo) u Mujyi wa Kitchanga no mu nkengero zayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)
  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?