Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abarundi bakabakaba mirongwitanu nababiri (52), birukanwe k’ubutaka bw’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 23, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarundi bakabakaba mirongwitanu nababiri( 52), birukanwe k’ubutaka bw’u Rwanda. N’ibyabaye kuri uyu wa Kane ushize aho byavuzwe ko bari binjiye mu gihugu c’u Rwanda, mu buryo butemewe n’amategeko, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi k’uruhande rw’u Rwanda bavuga ko aba bahabaga nta byangombwa bafite. Abenshi muri bo ni abahoze ari impunzi bari batashe bava mu nkambi ya Mahama iherereye mu burasirazuba bw’u Rwanda.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu makuru aturuka mu nzego z’ubutegetsi mu Ntara ya Kirundo (mu majyaruguru y’u Burundi) avugako abagizweho nizongaruka ko bakomoka muri komini ya Busoni (46), Bugabira (2), Giteranyi (3) zo mu Ntara ya Muyinga (mu majyaruguru y’iburasirazuba) n’umwe uvuga ko akomoka mu ntara ya Cibitoke (amajyaruguru y’uburengerazuba). Uyu avuga ko atazi neza komini yavukiyemo.

Urubuga rwa Sosmediaburundi, rwatangaje ko uyu mugabo uvugwa ko atazi Komine avukamo ngo nyina ni Umunyarwandakazi mu gihe ise ari Umurundi.

Ubuyobozi bwa Komini ya Busoni, bwakiriye aba bantu, butangaza ko bose bamaze kujyanwa mu mavillage bakomokamo uretse uwo muri Cibitoke, “kubera ko atakicyibuka aho yavukiye”.

Ubuyobozi bwa komini ya Busoni buvuga ko bufatanya neza n’u Rwanda mu guhana abantu badafite uburenganzira bwo gutura ku ruhande rumwe cyangwa urundi.

Abenshi mu birukanwe bavuga ko baje mu Rwanda baje gushaka akazi.

Umwe muri bo yagize ati: “Hariya, twunguka byinshi ugereranije no mu Burundi. Nk’urugero, umukozi wo murima yinjiza amafaranga ibihumbi bibiri y’u Rwanda ku munsi. Ni inshuro zirenga zibiri z’agaciro k’ifaranga ry’u Burundi, ”

Barasaba ko hashirwaho guichet imwe ku mupaka kugira ngo yorohereze urujya n’uruza hagati y’u Burundi n’u Rwanda, nk’uko bimeze mu Ntara ya Ngozi na Muyinga.

Iyi nkuru yibutsa ko benshi mu batahutse ari abahoze ari impunzi zavuye mu nkambi ya Mahama mu Rwanda bari baratashe n’ubundi bongera kugaruka kubera ubuzima bugoranye mugihugu c’u Burundi.

By Bruce Bahanda.

Tags: Abarundi bakabakaba mirongwitanu nababiri 52 birukanwe k'ubutaka bw'u Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Gen Sultan Makenga, yaheruka guhishura ukuri kwaho M23 ikura ubufasha, naho leta ya Kinshasa yatangaje ko igiye gutuza abaturage mubice M23 yambuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?