• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gen Sultan Makenga, yaheruka guhishura ukuri kwaho M23 ikura ubufasha, naho leta ya Kinshasa yatangaje ko igiye gutuza abaturage mubice M23 yambuwe.

minebwenews by minebwenews
October 23, 2023
in Uncategorized
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi mukuru w’ingabo za M23 Gen Sultan Makenga, ngoyaba yarahishuye aho ubufasha bwa M23 buva nimugihe yaherukaga kubwira itangaza Makuru ko ubufasha bwabo buva muri Guverinoma ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Aho yagize ati: “Ubufasha bwacu ntahandi buva nimuri leta ya Kinshasa. Niho dukura imbunda n’amasasu.”

Y’unzemo kandi ati: “Yewe na uniform twambara niho zivanwa. Turabarasa bagahunga bagata ibyo bafite.”

Ibi ngobyaba byagaragaye mur’iyiminsi ni mu mirwano iheruka ndetse n’iyabaye kuri uyu wa 22/10/2023, aho M23 yongeye kwisubiza ibice birimo Kibarizo , Kanyangili, Kinyandoni ndetse na Kirumba ibi bice byinshi bikaba biri muri teritware ya Rutsuru.

Amakuru dukesha isoko yacu, avuga ko M23 yambuye ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo imbunda ninshi iziremereye n’izito, drone za FARDC ndetse harimo n’imodoka zagisirikare (Convoy) zirenga 5. Ay’amakuru akomeza avuga ko muri Kinyandoni, FARDC yambuwe igifaru gikomeye bikekwa ko leta ya Kinshasa yakiguze mugihugu c’u Bushinwa.

FARDC ikaba iheruka nokwamburwa u Mujyi w’ingenzi wa Kitshanga uherereye mu bilometre 80 n’u Mujyi wa Goma.

Gusa ngo leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanzuye ko igomba gusubiza byihuse abaturage mu bice byambuwe umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi na Rutshuru kugira ngo bitegure amatora nk’abandi.

Ibi bigaragara mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo tariki ya 20/10/2023, yasohowe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 22/10/ 2023.

Muri iyi nama, Tshisekedi yahamije ko hari ibice M23 yambuwe muri izi teritwari, asaba Minisitiri w’umutekano na Minisitiri w’ingabo gukorana n’abafatanyabikorwa baba ab’imbere mu gihugu na mpuzamahanga, aba baturage bagasubira muri ibi bice.

Mu gihe abaturage baba bamaze kuhasubira, komisiyo y’amatora yasabwe kuhategurira ibikorwa by’amatora rusange ateganyijwe m’ukwezi kwa 12/2023, kandi n’inzego bireba zikayifasha kubirindira umutekano.

By Bruce Bahanda.

Tags: Gen Sultan MakengaYaheruka guhishura ukuri kwaho M23 ikura ubufasha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

by Bahanda Bruce
August 14, 2026
0
Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo Abaturage bo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14/08/2026,...

Read moreDetails

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails
Next Post

Ibice M23 imaze kwigarurira habyukiye agahenge kamahoro n'aho Wazalendo batangaje ko barimo kwitegura kurwanya M23.

Comments 2

  1. Rugaruza honneur says:
    3 years ago

    Amahoro arakenewe muburasirazuba bwakongo nibyo inzirayamahoro samasasu menshi ahubwo nibiganiro byinshi hhhhhhhhhhh congo we uzakiraryari abanyekongo babone amahoro arambye

  2. Bruce Bahanda says:
    3 years ago

    Amahoro ningenzi muvandi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?