Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Leta ya Kinshasa, ibinyujije muri Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, bagejeje icyifuzo cabo muri SADC gisaba kohereza ingabo zabo vuba muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye umuryango wa SADC uhuriwemo n’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo kuyoherereza ingabo, mbere y’uko muri iki gihugu haba amatora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni icyifuzo ubutegetsi bwa Kinshasa, batanze binyuze muri Minisitiri w’Ingabo akaba na Minisiteri w’intebe w’ungirije, Jean Pierre Bemba Gombo.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 03/11/2023, Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, yageze i Luanda muri Angola mu rwego rwo gutegura i Nama y’abakuru b’ibihugu bya SADC , yabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki 04/11/2023. Bemba yagiye aherekejwe n’umunyambanga wa leta ya Kinshasa ushinzwe ukwihuza kwa karere, Mbusa Nyamwisa Antipas.

Amakuru avugako iriya Nama iriguhuza Abakuru b’ibihugu bihuriye muri uwo muryango wa Afrika y’Amajy’epfo, bari kwiga kuri Congo, ndetse byitezwe ko yibanda cyane kuri gahunda yo kohereza ingabo zawo M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Nk’uko ibiro bya perezida wa Congo Kinshasa, batangaje n’uko Bemba yagejeje kuri uriya muryango wa SADC icyifuzo gisaba ko bibaye byiza SADC yakohereza Ingabo zayo mbere y’uko muri RDC haba amatora arimo n’ay’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe kuba vuba.

Nta gihindutse Ingabo za SADC zizoherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahamaze imyaka ibiri habera imirwano hagati y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23.

Byitezwe ko SADC ishobora kwifashishwa mu kurwana n’uriya mutwe.

Amakuru avuga ko kuri ubu RDC irimo gutegura uko Ingabo za EAC ndetse n’iza MONUSCO ziri ku butaka bwayo zataha, kugira ngo zihe umwanya iza SADC zigomba kuzisimbura.

Kugeza ubu ntiharamenyekana niba SADC yemera guha umugisha icyifuzo cya leta ya perezida Félix Tshisekedi. Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo, nawe ubwe yageze i Luanda, kuri uyu wa Gatandatu, tariki 04/11/2023, aho y’itabiriye i Nama yuwo muryango wa SADC.

By Bruce Bahanda.

Tags: Cageze kuri uwo muryango binyuze muri Jean Pierre Bemba GomboIcyifuzo cya leta ya Kinshasa gisaba kohereza ingabo za SAMIDRC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ku Bwegera, imvururu hagati ya Wazalendo n'Abarundi, byaje gusoza barwanishije iy'Amasasu maze Wazalendo bayabangira ingata..

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?