• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Leta ya Kinshasa, ibinyujije muri Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, bagejeje icyifuzo cabo muri SADC gisaba kohereza ingabo zabo vuba muri RDC.

minebwenews by minebwenews
November 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye umuryango wa SADC uhuriwemo n’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo kuyoherereza ingabo, mbere y’uko muri iki gihugu haba amatora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.

You might also like

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Ni icyifuzo ubutegetsi bwa Kinshasa, batanze binyuze muri Minisitiri w’Ingabo akaba na Minisiteri w’intebe w’ungirije, Jean Pierre Bemba Gombo.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 03/11/2023, Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, yageze i Luanda muri Angola mu rwego rwo gutegura i Nama y’abakuru b’ibihugu bya SADC , yabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki 04/11/2023. Bemba yagiye aherekejwe n’umunyambanga wa leta ya Kinshasa ushinzwe ukwihuza kwa karere, Mbusa Nyamwisa Antipas.

Amakuru avugako iriya Nama iriguhuza Abakuru b’ibihugu bihuriye muri uwo muryango wa Afrika y’Amajy’epfo, bari kwiga kuri Congo, ndetse byitezwe ko yibanda cyane kuri gahunda yo kohereza ingabo zawo M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Nk’uko ibiro bya perezida wa Congo Kinshasa, batangaje n’uko Bemba yagejeje kuri uriya muryango wa SADC icyifuzo gisaba ko bibaye byiza SADC yakohereza Ingabo zayo mbere y’uko muri RDC haba amatora arimo n’ay’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe kuba vuba.

Nta gihindutse Ingabo za SADC zizoherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahamaze imyaka ibiri habera imirwano hagati y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23.

Byitezwe ko SADC ishobora kwifashishwa mu kurwana n’uriya mutwe.

Amakuru avuga ko kuri ubu RDC irimo gutegura uko Ingabo za EAC ndetse n’iza MONUSCO ziri ku butaka bwayo zataha, kugira ngo zihe umwanya iza SADC zigomba kuzisimbura.

Kugeza ubu ntiharamenyekana niba SADC yemera guha umugisha icyifuzo cya leta ya perezida Félix Tshisekedi. Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo, nawe ubwe yageze i Luanda, kuri uyu wa Gatandatu, tariki 04/11/2023, aho y’itabiriye i Nama yuwo muryango wa SADC.

By Bruce Bahanda.

Tags: Cageze kuri uwo muryango binyuze muri Jean Pierre Bemba GomboIcyifuzo cya leta ya Kinshasa gisaba kohereza ingabo za SAMIDRC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

by Bahanda Bruce
March 17, 2026
0
AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC)/M23/MRDP-Twirwaneho byemejwe ko ryamaze gufata mu buryo bwuzuye agace ka Kirungwa, gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,...

Read moreDetails

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post

Ku Bwegera, imvururu hagati ya Wazalendo n'Abarundi, byaje gusoza barwanishije iy'Amasasu maze Wazalendo bayabangira ingata..

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?