Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abanyeshuri bakaminuza mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, berekeje i Kisangani, guhugurwa mubyagisirikare.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyeshuri bakaminuza bagera kuri 50 bavuye kubigo by’amashuri bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Gatatu, tariki 08/11/23, nibwo berekeje i Kisangani, mu Ntara ya Tschopo, bakaba bagiye gukurikirana amasomo yagisirikare, kugira Kinshasa ikomeze kurushaho kugira ingufu zagisirikare.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Iki gikorwa cyashizwe kumugaragaro na Minisitiri w’amashuri yisumbuye muri Republika ya Demokarasi ya Congo, bwana Muhindo Nzangi, hamwe na visi(vice) Minisitire w’intebe akaba na Minisiteri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo.

Kino gikorwa cyogukangurira abanyeshiri n’urubyiruko rwo muri Congo Kinshasa kwinjira igisirikare aribenshi cyatangijwe na perezida Félix Tshisekedi Muntangiriro z’umwaka wa 2023, ubwo yahuraga n’urubyiruko rw’Abanyekongo i Kinshasa.

Aha mu Ntara ya Tshopo, hari abanyeshuri bavuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse nomuzindi Ntara zigize iki gihugu kwari 26. Biranavugwako abo banyeshuri bavuye mu Ntara ya kivu y’Amajyaruguru ko igihe berekezaga i Tshopo bagaragaje ibyishimo ndetse nokubikunda.

Ubwo umwe murabo banyeshuri yaganiraga n’itangaza makuru, nk’uko tubikesha Radio Okapi yavuzeko yishimiye kuja guhugurwa mubijanye n’igisirikare ko kandi yishimiye kuzarwanirira igihugu cye.

Byavuzwe ko ayomahugurwa azamara igihe kingana n’ukwezi kumwe(Iminsi 30).

Nyuma yayomahugurwa abo banyeshuri bazakomeza kwiga amasomo yabo asanzwe hanyuma bazabarwa nkinkeragutabara z’igisirikare cy’igihugu

Ayamahugurwa akaba abaye ayambere kuva Guverinoma ya Sama Lukonde yashingwa.

Ibi bikaba bije bikurikira ijwi rya perezida Félix Tshisekedi, aho yahamagariye abakongomani bose guhaguruka bakirwanaho ndetse bakirukana ico yise guterwa n’igihugu cyigituranyi.

By Bruce Bahanda.

Tags: Abanyeshuri bakaminuza mu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruBerekeje i Kisangani guhugurwa mubyagisirikare
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Igisirikare cya RDC, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, cya cunaguje umurambo w'umusirikare w'Umunyamulenge, uheruka kwicwa n'Abasirikare azira ubwoko bwe Abatutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?