Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Major Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu by’agisirikare yahamije ko Col Ruhinda yapfuye mu mirwano yabaye kuri uyu wo ku Cyumweru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 4, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Ruhinda Gaby wo mw’itsinda ry’abarwanyi barwanira aho byananiranye mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR byamenyekanye ko yaguye mu mirwano yo ku Cyumweru, imirwano ingabo za RDC zihanganyemo na M23,

You might also like

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Ruhinda yarazwi mu basirikare ba komeye kuva mbere mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya leta y’u Rwanda, izina rye ryakavukire ni Protogene Ruvugayimikorere.

Ay’amakuru yanemejwe n’u muvugizi wa M23 mu by’agisirikare Major Willy Ngoma, aho yagize ati: “Col Ruhinda nibyo yaguye mu mirwano n’ubwo leta ya Kinshasa ikomeje kubigira ubwiru ariko nibyo rwose yarapfuye.”

Yakomeje avuga ko Ruhinda ubwo yaramaze kuraswa arapfa ko hari mugihe c’isaha icenda zu mugoroba w’ejo tariki 03/12/2023, ko kandi harabandi bapfuye mugihe bazaga kurwanirira umurambo we.

Colonel Ruhinda, yarasanzwe ayoboye umutwe wa FDLR na Wazalendo mubice bya Masisi na Rutchuru aho yicaga no kunyaga Inka zabo mu bwoko bw’Abatutsi.

Uyu Colonel Gaby Ruhinda, yarasanzwe afite inshingano zibiri zikomeye mu mutwe wa FDLR, niwe warukuriye iperereza na operasiyo (Opperation).

Gusa Ruhinda ari mubarwanyi bagiye bafatirwa ibihano n’u muryango w’Abibumbye(L’ONI).

Impuguke zu muryango w’Abibumbye zishinzwe gukurikirana ibijanye n’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo, muri rapport ziheruka gutanga zagaragaje ibibi bye birimo kwica gufata kungufu ndetse nokugirana imikoranire yahafi n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi.

Isoko yacu dukesha ay’amakuru n’uko Col Ruhinda akimara kuraswa umubiri we wajanwe mu bitaro bya Heal Africa biherereye mu mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Col Ruhinda Gaby wa FDLR yapfuye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashimiye perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku cyemezo yafashe cyo gufungura imipaka ihuza...

Read moreDetails
Next Post

I Masisi haramukiye intambara ikomeye yongeye guhesha M23 gufata ibindi bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?