• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 25, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 25, 2025
in Regional Politics
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Abasirikare b’u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru nyuma y’uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

READ ALSO

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

Ni amakuru yashyizwe hanze ku wa gatanu tariki ya 24/10/2025, na Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga.

Yavuze ko mbere y’uko aba basirikare bahanishwa kuzenguruka u Burundi n’amaguru bagiye iyo umugaba mukuru w’Ingabo z’iki gihugu cyabo, Prime Niyongabo yagiriye uruzinduko mu ntara ya Murambya, aho yendaga kugirana ikiganiro n’abasirikare, nubwo aya makuru aganaragaza ko cyaje gusubikwa.

Abamusanzeyo kumwishyuza amafaranga yabo, niko guhita abahanisha kuzenguruka u Burundi bwose n’amaguru, nk’uko Pacifique Nininahazwe yabisobanuye.

N’igihano batangiye ku manywa yo ku wa kabiri tariki ya 21/10/2025.
Kuko umugoroba wo ku wa gatatu, bari bageze mu ntara ya Ruyigi, ndetse ko urugendo rwabo rugikomeje.

Usibye kuba bishyuza umushahara barwaniye muri RDC, baranishyuza kandi n’uwo bimwe ubwo bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia bw’u muryango wa Afrika Yunze ubumwe.

Kuva hagati mu mwaka wa 2022 u Burundi bufite abasirikare babwo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho babanjirije muri Kivu y’Amajyepfo bavuga ko bagiye guhiga umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’i ki gihugu cy’u Burundi, bikarangira batawurwanyije, ahubwo bihinduka kurwanya Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange bafatikanyije na FDLR, Mai Mai n’imbonerakure ndetse n’igisirikare cya RDC.

Abanyamulenge benshi barimo n’abazwi muri politiki y’igihugu cyabo cya RDC, bakomeje kuzamagana, ndetse no mu kiganiro Moïse Nyarugabo aheruka kugirana n’itangazamakuru yamaganye izo ngabo bikomeye.

Azibwira ko zikwiye kuva mu misozi y’i Mulenge, ngo kuko atari iwabo, ahubwo ko ari iwabo wa Banyamulenge.

Ni mu gihe kuri ubu zizengurutse akarere kose k’i Mulenge, kuko zari mu duce dutandukanye two mu Cyohagati, nka Mikarati, Nyamara, Birarombili, Gitashya n’ahandi.

Zikaba kandi ziri ahazwi nko kuri Point Zero mu marembo y’umujwi wa Minembwe uzwi cyane nk’uwa mbere w’i Mulenge.

Tags: IguhanoIngabo z'u BurundiKuzenguruka u BurundiUmushara

Related Posts

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi
Regional Politics

Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi

August 23, 2026
Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe
Regional Politics

Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe

August 21, 2026
Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi
Regional Politics

Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi

August 21, 2026
Next Post
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza"

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
  • Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
  • En savoir plus sur le retour de la MONUSCO à Minembwe : une première évaluation du respect du cessez-le-feu se prépare dans les zones contrôlées par le MRDP-Twirwaneho
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?