• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zikaba kaba 200, zari zihanganye na M23, i Mushaki, zigeze ku k’ibuga c’indege cya Goma, barigusaba gutahukanwa iwabo.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare basaga magana abiri(200), b’u Burundi, baraye ku k’ibuga c’indege ca Goma, ku murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyarugu, aho basaba ko botahukanwa iwabo mu Burundi.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Ibi bibaye nyuma y’imirwano yabaye ku wa Kane, tariki ya 07/12/2023, mu bice bya Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko byagiye bigaragara kumbuga nkoranya mbaga (social media), bakomeje guhererekanya audio za basirikare b’u Burundi aho barimo bumvikana bavuga ko bakubiswe cyane n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23 ahanini muriy’i ntambara yamaze iminsi itatu ibera mu nkengero za Mushaki.

Munyandiko zashizwe hanze na Pacifique Nininahazwe, u mwanditsi w’u murundi ukora mu miryango itabara ikiremwa muntu, yagaragaje ko Urugamba rwabaye ejo kuya 07/12/2023, rw’ishe abasirikare b’u Burundi benshi aho yagaragaje ko abasirikare benshi b’u Burundi ba buriwe irengero abandi barakomereka benshi.

Yanavuze ko bamwe ba mu menyesha ko agomba kubatabariza leta y’u Burundi ko igomba kubavana mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo kuko bitabaye ibyo bazashirira Congo.

Uriya mwanditsi yanahamije ko Ingabo z’u Burundi zarwanye Urugamba rwejo ko arabo muri Batayo ya 7 na 8 bo mu mutwe wa TAFOC.

Umubare wa basirikare bamaze gupfira mu mirwano bahanganyemo n’ingabo zo mu mutwe wa M23, Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko bakabakaba abasirikare magana umunani(800).

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare b'u Burundi barasaba gutahukanwa iwabo i BujumburaBahunze intambara bari bahanganyemo na M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post

Urusaku rw'Imbunda ziremereye n'izito, ru komeje ku mvikana mu nkengero za Komine Minembwe, FARDC ntacyo irabivugaho..

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Bazize ubusa ni barase aba Gisekedi niwe wazanye intambara

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?