• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urusaku rw’Imbunda ziremereye n’izito, ru komeje ku mvikana mu nkengero za Komine Minembwe, FARDC ntacyo irabivugaho..

minebwenews by minebwenews
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 08/12/2023, guhera igihe c’isaha ya sakumi n’imwe, Urusaku rw’Imbunda ziremereye n’izito rw’umvikanye mu nkengero za Komine Minembwe kugeza ubu turimo kwandika iy’inkuru.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Ibi bitero byavuzwe ko biremereye bikaba bya gabwe n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ikorana bya hafi n’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo(FDLR, Maï Maï na Red Tabara), kuva kare bya vuzwe ko ba bigabye mu duce dutuwe n’Abaturage ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Nk’uko iy’inkuru imaze kumenyekana biriya bitero byagabwe ku Kivumu, mu Rwingandura no kw’i Rumba, utu duce twose duherereye muri Grupema ya Basimunyaka y’Amajy’epfo, Secteur ya Lulenge, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Nyuma y’uko ririya huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ikorana bya hafi n’igisirikare ca RDC, mu Minembwe, ba gabye biriya bitero bigamije gusenyera no kwica Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, abaturage b’Irwanaho bo mw’itsinda rya Twirwaneho, batoye imbunda maze bahangana naziriya Nyeshamba.

Umwe mu baturage baturiye Komine Minembwe, yagize ati: “Hari k’umvikana urusaku rwinshi rw’Imbunda mu byukuri imbunda zikomeje kuvugira mu Rwingandura, no kw’i Rumba ntibisanzwe. Gusa Twirwaneho rwose ikomeje gusubiza biriya bitero inyuma.”

Uyu muturage uganiriye na Minembwe Capital News, yanahamije ko Ingabo za FARDC zikorera muri Minembwe Centre zitigeze zitabara abaturage.

Ati: “Igitangaje ntacyo Ingabo za 12 ème brigade ya FARDC barigukora ngo batabare abaturage. Hubwo bakomeje kurangiza gusa ku misozi.”

Tubibutsa ko 12ème brigade irebwa na Brigadier General Andre Oketi Ohenzo naho Colonel Alexis Rugabisha, uvuka mu Minembwe akaba ariwe OPS w’iyi Brigade.

Kugeza ubu impande zose ziracyahanganye muri biriya bice byabereyemo imirwano mu nkengero za Komine Minembwe.

Bruce Bahanda.

Tags: FARDC ntacyo irabivugahoUrusaku rw'imbunda ziremereye n'izito rukomeje ku mvikana mu nkengero za Komine Minembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe imirwano ikomeje kubica bigacika, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, Tshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?