Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urusaku rw’Imbunda ziremereye n’izito, ru komeje ku mvikana mu nkengero za Komine Minembwe, FARDC ntacyo irabivugaho..

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 08/12/2023, guhera igihe c’isaha ya sakumi n’imwe, Urusaku rw’Imbunda ziremereye n’izito rw’umvikanye mu nkengero za Komine Minembwe kugeza ubu turimo kwandika iy’inkuru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi bitero byavuzwe ko biremereye bikaba bya gabwe n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ikorana bya hafi n’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo(FDLR, Maï Maï na Red Tabara), kuva kare bya vuzwe ko ba bigabye mu duce dutuwe n’Abaturage ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Nk’uko iy’inkuru imaze kumenyekana biriya bitero byagabwe ku Kivumu, mu Rwingandura no kw’i Rumba, utu duce twose duherereye muri Grupema ya Basimunyaka y’Amajy’epfo, Secteur ya Lulenge, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Nyuma y’uko ririya huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ikorana bya hafi n’igisirikare ca RDC, mu Minembwe, ba gabye biriya bitero bigamije gusenyera no kwica Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, abaturage b’Irwanaho bo mw’itsinda rya Twirwaneho, batoye imbunda maze bahangana naziriya Nyeshamba.

Umwe mu baturage baturiye Komine Minembwe, yagize ati: “Hari k’umvikana urusaku rwinshi rw’Imbunda mu byukuri imbunda zikomeje kuvugira mu Rwingandura, no kw’i Rumba ntibisanzwe. Gusa Twirwaneho rwose ikomeje gusubiza biriya bitero inyuma.”

Uyu muturage uganiriye na Minembwe Capital News, yanahamije ko Ingabo za FARDC zikorera muri Minembwe Centre zitigeze zitabara abaturage.

Ati: “Igitangaje ntacyo Ingabo za 12 ème brigade ya FARDC barigukora ngo batabare abaturage. Hubwo bakomeje kurangiza gusa ku misozi.”

Tubibutsa ko 12ème brigade irebwa na Brigadier General Andre Oketi Ohenzo naho Colonel Alexis Rugabisha, uvuka mu Minembwe akaba ariwe OPS w’iyi Brigade.

Kugeza ubu impande zose ziracyahanganye muri biriya bice byabereyemo imirwano mu nkengero za Komine Minembwe.

Bruce Bahanda.

Tags: FARDC ntacyo irabivugahoUrusaku rw'imbunda ziremereye n'izito rukomeje ku mvikana mu nkengero za Komine Minembwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe imirwano ikomeje kubica bigacika, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, Tshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?