Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe imirwano ikomeje kubica bigacika, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Tshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe imirwano ikomeje ku bica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo FDLR, Maï Maï na Red Tabara, ba gabye ibitero mu nkengero za Komine Minembwe, perezida Félix Tshisekedi we i Bukavu kumurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, abantu ko barajanwa ku mbaraga kugira baje ku mwakira, aho aribuze ku hiyamamariza.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Byavuzwe ko guhera ku mugoroba w’ejo hashize, tariki 07/12/2023, abashinzwe umutekano Ingabo na Polisi bakomeje gukangurira abaturage ba Bukavu kugira uyu munsi bitabe Tshisekedi.

Bikaba byavuzwe ko Tshisekedi aribwakirirwe mu gace kitiriwe ubwingenge (Place del’indépendance), gaherereye mu Mujyi wa Bukavu. Kuva igihe c’isaha zakare abaturage benshi ba Nguba, Kavumu na Kadutu n’ahandi bari kujanwa ku mbaraga muri ako gace mu rwego rwo kugira ngo bitabire aribenshi.

Gusa byavuzwe ko Tshisekedi aza kugera i Bukavu, aho yateguriwe nyuma y’uko azaba yabanjye kugera Shabunda na hitwa Miti, akabona kuza i Bukavu mugihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 08/12/2023.

Nyuma ya Bukavu azakomereza Uvira aho bya navuzwe ko azagera no muri teritware ya Fizi, mu gace ka Makobola aho bakunze kuvuga ko hakozwe ubwicanyi (Massacre), bukorewe abo mu bwoko bwa Babembe.

Nk’uko byagiye bivugwa n’uko bariya ba Bembe ba Makobola, bateguye ko bazaganiriza Tshisekedi uburyo buriya bwicanyi bwakorewe abaturage babo ahagana mu myaka ya 1997.

Hagati aho imirwano irakomeje mu bice byo muri teritware ya Fizi, neza naneza mu nkengero za Komine Minembwe. Gusa byavuzwe ko abaturage b’irwanaho bakomeje kw’irwanaho ndetse ko Maï Maï, Red Tabara na FDLR, ko batangiye kuyabangira ingata.

Bruce Bahanda.

Tags: Mu gihe imirwano ikomeje kubica bigacikaMu Ntara ya Kivu yamajy'EpfoTshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post

Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by'agisirikare byatawe n'ihuriro ry'ingabo za RDC, hagati aho Ingabo z'u Burundi zatangiye kwiyahura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?