• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by’agisirikare byatawe n’ihuriro ry’ingabo za RDC, hagati aho Ingabo z’u Burundi zatangiye kwiyahura.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Herekanwe amashusho agaragaza imbunda n’ibikoresho bya gisirikare byatawe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, za FDLR, Ingabo z’u Burundi, Wagner, FARDC na Wazalendo, n’ibikoresho byinshi birimo Imbunda zirasa kure, ibyuma bifata amajwi n’ibihamagara, bifasha ingabo ziri k’urugamba kumenya uduce baba bagezemo.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Ibyinshi muri ibyo bikoresho byafatiwe muri santere(Centre), ya Mushaki ibindi ni mu nkengero za Mushaki. Nk’uko byavuzwe biriya bikoresho byafashwe amashusho n’inyuma y’urugamba rwabaye ejo hashize tariki 07/12/2023.

Hagati aho Ingabo z’u Burundi byavuzwe ko za hahamutse nyuma y’uko umwe muribo y’iyahuye ubwo bari bahunze i Mushaki bageze mu gace ka Murambi, mu bilometre bike na Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uriya musirikare byavuzwe ko y’iyahuye akoresheje kwirasa mu gihe ngo yasaga nu wananiwe kwiruka ahunga ingabo za Gen Sultan Makenga. Abandi basirikare benshi b’u Burundi baraye bageze ku k’ibuga c’indege ca Goma, bahita basaba ko bo tahukanwa iwabo i Bujumbura, ngo ntibashaka kurwana na M23.

I Matanda ho hagaragaye abasirikare b’u Burundi benshi bakomeretse nimugihe basanze bari kuvurirwa mu bitaro byaho muri ako gace kari mu nkengero za Sake, mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Hafashwe amashusho agaragaza ibikoresho by'agisirikare byatawe n'ihuriro ry'Ingabo za RDCHagati aho Ingabo z'u Burundi zatangiye kwiyahura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'u Burundi, zishe Abatutsi, i Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Comments 1

  1. Mugunguza thith says:
    2 years ago

    Nibabivemo intambara zareta isenyera abaturage ntamugisha wabiboneramo nawe ubigiyemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?