Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare b’u Burundi, bakaba kaba 600, berekeje mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bava mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 9, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi bivugwa ko ari benshi bavanwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri ubu barihafi kugera i Bukavu aho byanavuzwe ko banyuze inzira y’Amazi.

You might also like

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Nk’uko byavuzwe ririya tsinda ry’Abasirikare bo mungabo z’u Burundi, baje bava i Sake muri teritware ya Masisi abandi baje bava ku kibuga c’indege cya Goma.

Bikavugwa ko bariya basirikare bakabakaba abasirikare magana atandatu (600). Gusa ikitaramenyekana n’uko boba berekeje mu gihugu cyabo cy’u Burundi cangwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nimugihe hari Ngabo z’u Burundi zo muri TAFOC zari zaravanwe mu misozi yo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo baja kurwanya M23.

K’umunsi w’ejo hashize hari hamenyekanye ko ku kibuga cy’indege cya Goma, hageze abasirikare b’u Burundi magana abiri (200), bahunze intambara mu bicye bya Masisi bariya basirikare bakigera ku ki buga bahise basabisha gutahukanwa iwabo i Bujumbura ngo kuko badashaka kongera kurwana n’umutwe w’inyeshamba wa M23.

Gusa ahagana isaha z’umugoroba wajoro, zejo hashize tariki 08/12/2023, muri aba basirikare bari ku kibuga cy’indege cya Goma, mi 50 muribo bashubijwe i Sake abandi 150 bagumishwa ku kibuga cy’indege.

Umuturage uherereye i Goma, yabwiye Minembwe Capital News ko abasirikare b’u Burundi bari mubihe bibi ngo nimugihe bazanwe kurwana mu gihugu batazi kandi bahura n’Inyeshamba zirenze imbaraga zabo.

Yagize ati: “Abasirikare b’u Burundi rwose bari mubihe bitaboroheye ku rwana mu gihugu kitari icyabo kandi baka rwana n’Inyeshamba zirenze imbaraga zabo.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare b'u Burundi bakabakaba 600 berekeje mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo bava mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y'u Rwanda n'u Burundi. Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ni we nyiribayazana w'ibibazo bitagura iherezo hagati y'igihugu cye n'icy'u Rwanda,...

Read moreDetails

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails
Next Post

Kuri uyu wa Gatandatu, Ingabo za ARC/M23, zongeye gufata ibindi bice biri mu nkengero za Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?