• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kandinda, Moïse Katumbi, i Kinshasa, yitabiriwe n’abantu benshi, maze abasezeranya kuzubaka Kinshasa u Mujyi uruta indi mijyi yose yo muri Afrika.

minebwenews by minebwenews
December 10, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kandinda nimero 3, Moïse Katumbi, kuruyu wa Gatandatu, tariki 09/12/2023, muri gahunda yo kw’iyamamariza k’umwanya w’umukuru w’igihugu muri RDC, ari i Kinshasa, yasezeranije abanyekongo ko mugihe bo mugirira icyizere agatsinda Amatora ategerejwe muri RDC ko yaza hindura u Mujyi wa Kinshasa, kuba mwiza kuruta indi yo mu bihugu bigize u mugabene w’Afrika.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Ni ku gicyamunsi c’ejo hashize, n’ibwo bwana Moïse Katumbi, yakiriwe mu gace kitiriwe Saint-Thérèsa, gaherereye mu Mujyi rwagati wa Kinshasa, aho Katumbi Chapwe, yaje aherekejwe n’abandi ba kandida baheruka kumwiyungaho aribo bwana Matata Mponyo, w’igeze kuba Minisitiri w’intebe muri leta ya Kinshasa yaje kandi arikumwe na Delly Sesanga ndetse na Seth Kikuni.

Mu makuru dukesha urubuga rwa RFI, rwandika inkuru mururimi rw’Igifaransa rwatangaje ko Moïse Katumbi, yasezeranije abanyakinshasa ikintu gikomeye aho yababwiye ko u Mujyi wa Kinshasa aza wu baka bundi bushya ngo mugihe bo mugirira icyizere agatsinda ay’amatora ateganijwe kuba, tariki 20/12/2023.

Katumbi, ati: “Njyewe ndi Moïse Katumbi, nfite impano y’Imana, indimo yo gukiza abanyekongo.”

Yakomeje avuga ati: “Ndabizeza neza ko mugihe no tsinda Amatora u Mujyi wa Kinshasa no wu baka ukazaba mwiza kuruta indi Mujyi yose igize ibihugu by’Afrika.”

Harimo kandi ko yabwiye abanyekongo kurangiza intambara muri RDC mugihe kitarenze amezi atandatu ( 6).

Mu makuru akomeza kuriyi nkuru n’uko bwana Katumbi yitabiriwe n’abantu benshi kuruta abaje igihe Félix Tshisekedi yiyamarije muri Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: I Kinshasa yakiriwe n'abaturage benshi maze abasezeranya kuzubaka Kinshasa u Mujyi mwiza kuruta indi Mujyi yose igize ibihugu by'AfrikaKandinda Moïse Katumbi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post

Munkengero za Sake haramukiye agahenge kamahoro, hagati aho M23 iri kugenzura ibice byinshi impande ya Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?