• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agahenge ko guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, Amerika yatangaje ko kongerewe.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongerewe ibyumweru bibiri, guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, k’uruhande rw’Ingabo za Kinshasa na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ibiro bya perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, ubushize bari batangaje ko hatanzwe amasaha 72 yagahenge ka mahoro hagati y’impande zibiri zirwana M23 na FARDC.

Bikaba byaratangiye kubahirizwa guhera igihe c’isaha z’igicamunsi ku wa Mbere, tariki 11/12/2023, kugeza uyumunsi k’uwa Gatanu, tariki 15/12/2023. Nk’uko ikinyamakuru cya Reuters, kimaze kubitangaza kivuze ko na none Amerika yongeye gutangaza ko hongejwe iminsi i Cyumi nine(14) yo guhagarika intambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC).

Ati: “Habaye kubahiriza ariya amasaha 72 dushimiye impande zombi. Twongeye kubasaba kubahiriza kandi mugihe cy’Iminsi 14.”

Mw’ijoro rya keye Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, i Kinshasa, yari yashimiye abakuru b’ibihugu byombi, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Tshisekedi wa RDC.

Abashimira kuba baragize uruhare runini kugira ngo habe kubahiriza amasezerano yo guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, mugihe cya masaha 72.

Gusa nubwo biruko i Kibumba ingabo zirarebana ayingwe hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, nimugihe ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zishinjwa kuba zashize abasirikare babo mubice birimo M23.

Ibi baye kandi mugihe hasigaye iminsi itanu ngo Amatora abe muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: 14AmerikaFardcIbyumweru bibiriKongereweM23Mu BurasirazubaRdcYatangaje ko agahenge
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Hashinzwe umutwe wa Politike, ufite n'igisirikare, ukaba ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    2 years ago

    Great site. Lots of helpful info here. I¦m sending it to several friends ans additionally sharing in delicious. And of course, thanks in your effort!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?