Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agahenge ko guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, Amerika yatangaje ko kongerewe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongerewe ibyumweru bibiri, guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, k’uruhande rw’Ingabo za Kinshasa na M23.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ibiro bya perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, ubushize bari batangaje ko hatanzwe amasaha 72 yagahenge ka mahoro hagati y’impande zibiri zirwana M23 na FARDC.

Bikaba byaratangiye kubahirizwa guhera igihe c’isaha z’igicamunsi ku wa Mbere, tariki 11/12/2023, kugeza uyumunsi k’uwa Gatanu, tariki 15/12/2023. Nk’uko ikinyamakuru cya Reuters, kimaze kubitangaza kivuze ko na none Amerika yongeye gutangaza ko hongejwe iminsi i Cyumi nine(14) yo guhagarika intambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC).

Ati: “Habaye kubahiriza ariya amasaha 72 dushimiye impande zombi. Twongeye kubasaba kubahiriza kandi mugihe cy’Iminsi 14.”

Mw’ijoro rya keye Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, i Kinshasa, yari yashimiye abakuru b’ibihugu byombi, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Tshisekedi wa RDC.

Abashimira kuba baragize uruhare runini kugira ngo habe kubahiriza amasezerano yo guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, mugihe cya masaha 72.

Gusa nubwo biruko i Kibumba ingabo zirarebana ayingwe hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, nimugihe ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zishinjwa kuba zashize abasirikare babo mubice birimo M23.

Ibi baye kandi mugihe hasigaye iminsi itanu ngo Amatora abe muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: 14AmerikaFardcIbyumweru bibiriKongereweM23Mu BurasirazubaRdcYatangaje ko agahenge
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post

Hashinzwe umutwe wa Politike, ufite n'igisirikare, ukaba ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    1 year ago

    Great site. Lots of helpful info here. I¦m sending it to several friends ans additionally sharing in delicious. And of course, thanks in your effort!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?