• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 18, 2025
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda
102
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by’ibanga n’intumwa z’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Ni ibiganiro amakuru agaragaza ko byabaye mu ntangiriro ziki cyumweru turimo bibera mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi.

Ikinyamakuru cya Africa Intelligence dukesha iyi nkuru kivuga ko muri icyo kiganiro intumwa za AFC/M23 zaburiye perezida w’u Burundi ku ngaruka igihugu cye gishobora guhura na zo mu gihe yaba akomeje gushyigikira ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2023, Leta y’u Burundi yohereje muri RDC abasirikare babwo babarirwa mu bihumbi 20, mu rwego rwo gufasha abasirikare ba Leta ya Congo mu ntambara bamazemo imyaka igera kuri ine bahanganye n’uy’u mutwe wa AFC/M23.

Ibi biganiro byabereye i Bujumbura mu gihe byavugwaga ko hari indege zagiye zigaragara ku k’ibuga cy’indege cya Bujumbura mbere yo koherezwa kugaba ibitero mu duce dutuwe n’abaturage n’ahari ibirindiro bya AFC/M23 muri Kivu zombi.

Ni mu gihe kandi ibihe byinshi AFC/M23 yagiye ishinja u Burundi kwemera ko RDC ikoresha ubutaka bwabwi mu kugaba ibitero ku birindiro byayo ndetse no mu duce dutuwe n’abaturage ikoresheje drones z’intambara.

Abakurikiranira hafi intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, bavuga ko kuba AFC/M23 yaratekereje kuganiriza perezida w’u Burundi yashakaga kuburizamo imirwano yabasakiranya n’Ingabo ziwe.

Bavuga kandi ko uyu perezida w’u Burundi yemeye ibiganiro mu rwego rwo kwirinda ko intambara ibera muri Congo yakwambuka mu gihugu cye.

Ikindi kivugwa n’uko AFC/M23 yasabye u Burundi ko mu gihe yofata umujyi wa Uvira, bukwiye guhita bwima ubuhungiro abarwayi ba wazalendo na FDLR bagizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Perezida w’u Burundi ku ruhande rwe ngo yasabye AFC/M23 kwitandukanya n’u Rwanda, ayibwira ko arushinja guhungabanya inyungu z’igihugu cye.

Tags: AFC/m23BujumburaEvariste Ndayishimiyeibiganiro

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Ingabo z'u Burundi zakoreye Abanyamulenge igikorwa cyababaje abari ku misozi bose y'i Mulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • Ubutumwa Bukomeye bwa Me. Byashoni ku Banyamulenge Bari mu Mahanga: Ukwizera, Ubumwe no Kongera Kubaka Umuryango
  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?