Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa maganye umutwe wavutse ugamije gushiraho iherezo leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 16, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwa maganye igikorwa cyabere Kenya kuri uyu wa Gatanu, tariki 15/12/2023, kiyoboye na Corneille Nangaa na Berterand Bisimwa, wa M23.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Leta ya Kinshasa, yamaganye y’ivuye inyuma umutwe wa politike ufite n’Igisirikare, ariwo “Alliance Fleuve Congo,” ugamije kuvanaho Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Guverinoma ya Kinshasa, yamaganye uriya mutwe ugamije kuyirwanya muri irijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatandatu, tariki 16/12/2023. Kinshasa, ibinyujije, muri Patrick Muyaya, u muvugizi wayo akaba na Minisitiri w’itumanaho muri RDC.

Yagize ati: “Birababaje kubona i Gihugu cya Repubulika ya Kenya giha icyicaro, Corneille Nangaa, urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu gihe twari munzira yo gushakirahamwe umutekano wa karere dufatikanye n’igihugu cya Kenya , ntibyari bikwiye ko bemera kiriya cyicaro.”

Muyaya, yakomeje avuga ati: “Guverinoma ya RDC, igiye gufata Ingamba nshyasha kandi zihuse mu maguru mashya kuriki kibazo cyavutse.”

K’uwa Gatanu, w’ejo hashize, n’ibwo Nanagaa, yatangaje ko yamaze gushinga umutwe wa politike ugamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa. Ni umutwe ufite izina rya”Alliance Fleuve Congo,” nk’uko byatangajwe na Nangaa, yavuze ko uyu mutwe uhuriweho n’imitwe icumi nirindwi (17).

Harimo M23 ya Gen Sultan Makenga n’indi mitwe myinshi izwi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nka PARECO ndetse n’Abaturage b’Irwanaho udasize na za Mutualite, nk’uko byatangajwe na Nangaa.

Bruce Bahanda.

Tags: BwamagangeKenyaPatrick MuyayaUbutegetsi bwa KinshasaUgamije gushiraho iherezo leta ya KinshasaUmutwe wa vutse
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post

Repubulika ya Uganda, yakuriye ho visa abanyekongo bashaka gukora ingendo mu gihugu cyabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?