• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi muri RDC, batangaje andi matora mashya, mugihe uhagarariye komisiyo y’amatora, yongereye iminsi yo gutora.

minebwenews by minebwenews
December 21, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakandida k’umwanya wa Perezida, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abarimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege na Floribert Anzu, batangaje andi matora mashya muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nk’uko bariya bayobozi ba bitangaje basa nabaciye amarenga ko amatora yari yitezwe kw’itariki 20/12/2023, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yaranzwe “n’amanyanga.”

Bagize bati: “Turahamagarira abanye-kongo bose muri rusange, umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), n’Imiryango mpuzamahanga ko harandi matora mashya, muri RDC.”

N’ibyo basohoye ahagana isaha z’ijoro ryo kw’itariki 20/12/2023, rishira kuri uyu wa Kane, tariki 21/12/2023.

Bikaba bije bikurikira imvururu, n’imirwano ndetse n’ubukererwe byaranze amatora muri RDC, yo kw’itariki 20/12/2023, aho ariya Matora kumasite menshi hagiye haba gusubiranamo hagati yabashigikiye abakandida batandukanye, nka Bunia, Kisangani, i Djwi, barwanye, aho batarwanye habaye ubukererwe.

Uhagarariye komisiyo y’amatora Denis Kadima, asa n’uwavuguruje ibyatangajwe n’abariya bakandida, kuko yamenyesheje ko kumunsi w’ejo tariki 21/12/2023, gutora bizakomeza.

Yagize ati: “Twemereye abari ku mirongo y’amatora gukomeza gutora kugeza amasaha ya bigenewe. Tuzakomeza gutora kugeza bose barangije.”

Yunzemo kandi ati: “Kuri uyu wa Kane, bazugurure ibiro by’amatora abantu bakomeze batore.”

Denis Kadima, akaba yabitangaje kumugoroba wo ku wa Gatatu.

Kimweho mw’ibarwa yashizwe hanze na kandida Dr Denis Mukwege, ahagana isaha za saa kumi n’imwe, zoku wa Gatatu, Mbere yuko bihuza na Martin Fayulu na Anzu Floribert, yanditse yamagana ko gutora byongererwa iminsi ngo kuko nibabyongera leta izaba ishaka gushiramo ibyo yise “Magendu.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abakandida batavuga rumwe n'ubutegetsiAmatoraBatangaje andi matora mashyaNaho uhagarariye komisiyo y'amatora Denis KadimaRdcYongeye iminsi yo gutora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa nomye aba General ba biri bahagararira Umutekano w'amatora naho abarwanya Kinshasa, batangaje impinduka ku gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?